• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in World News
0
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika za sezeranyije abimukira baba muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, abazajya bibwiriza gusubira mu bihugu byabo, iki gihugu kizajya kibagenera amadolari 1000 y’Amerika y’imperekeza.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Nibyagarutsweho na perezida Donald Trump mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, yababwiye ko abimukira bazibwiriza kuva muri Amerika, bazaba bafite amahirwe yokuba bahabwa n’ibyangombwa mu gihe byagaragaye ko ari abantu beza, kandi abasubiye mu bihugu byabo bakagenerwa idolari 1000 bakanahabwa n’itike.

Kuva mu mwaka ushize ubwo Trump yiyamamazaga kuyobora Amerika, yasezeranyije kuzirukana ku bwinshi abimukira batemewe n’amategeko, ndetse yaranabibasabye, abita abagize banabi.

Yari anaheruka gushinja Leta y’i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo n’iya Venezuela gufungura imfungwa zakoze ibyaha birimo ubwicanyi bakazohereza muri Amerika.

Minisitiri w’umutekano w’imbere muri iki gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo buryo bwabarinda gutabwa muri yombi.

Ni mu gihe hari porogaramu yashyiriweho abimukira yitwa CBP Home App, ibafasha kumenyesha minisiteri y’umutekano ko biteguye gusubira mu bihugu baturutsemo kubushake.

Naom yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha Leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari 1000 y’imperekeza.

Anavuga ko leta yagaragaje ubwo buryo bwo gucyura abimukira buzayifasha kuzigama amafaranga angana na 70%, kuko ubusanzwe gufata umwe, ukamufunga no kumwirukana byatwaraga amadolari 17.121 ku muntu umwe.

Tags: AbimukiraAmerikaImperekeza 1000

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

MESSAGE TO THE PEOPLE OF GOD AND ALL PEOPLE.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?