• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in World News
0
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Leta Zunze ubumwe z’Amerika za sezeranyije abimukira baba muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, abazajya bibwiriza gusubira mu bihugu byabo, iki gihugu kizajya kibagenera amadolari 1000 y’Amerika y’imperekeza.

Nibyagarutsweho na perezida Donald Trump mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, yababwiye ko abimukira bazibwiriza kuva muri Amerika, bazaba bafite amahirwe yokuba bahabwa n’ibyangombwa mu gihe byagaragaye ko ari abantu beza, kandi abasubiye mu bihugu byabo bakagenerwa idolari 1000 bakanahabwa n’itike.

Kuva mu mwaka ushize ubwo Trump yiyamamazaga kuyobora Amerika, yasezeranyije kuzirukana ku bwinshi abimukira batemewe n’amategeko, ndetse yaranabibasabye, abita abagize banabi.

Yari anaheruka gushinja Leta y’i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo n’iya Venezuela gufungura imfungwa zakoze ibyaha birimo ubwicanyi bakazohereza muri Amerika.

Minisitiri w’umutekano w’imbere muri iki gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Kristi Noem, yatangaje ko kwibwiriza kuva muri Amerika ari bwo buryo bwiza ku bimukira batemewe n’amategeko kuko ari bwo buryo bwabarinda gutabwa muri yombi.

Ni mu gihe hari porogaramu yashyiriweho abimukira yitwa CBP Home App, ibafasha kumenyesha minisiteri y’umutekano ko biteguye gusubira mu bihugu baturutsemo kubushake.

Naom yatangaje ko umwimukira utemewe n’amategeko uzamenyesha Leta ko ashaka gusubira mu gihugu yaturutsemo, azahabwa tike y’indege imucyura ndetse n’amadolari 1000 y’imperekeza.

Anavuga ko leta yagaragaje ubwo buryo bwo gucyura abimukira buzayifasha kuzigama amafaranga angana na 70%, kuko ubusanzwe gufata umwe, ukamufunga no kumwirukana byatwaraga amadolari 17.121 ku muntu umwe.

Tags: AbimukiraAmerikaImperekeza 1000
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

MESSAGE TO THE PEOPLE OF GOD AND ALL PEOPLE.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?