• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibiturika n’Imirwano Ikaze Biramukiye mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 4, 2026
in Conflict & Security
0
Ibiturika n’Imirwano Ikaze Biramukiye mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiturika n’Imirwano Ikaze Biramukiye mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

You might also like

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Umutekano wongeye guhungabana bikomeye mu nkengero z’Umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 04/01/2025, humvikanye ibiturika byinshi n’urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje, ibintu byateye ubwoba bukomeye abaturage bo muri ako gace.

Amakuru yizewe aturuka i Uvira agaragaza ko ayo masasu n’ibyo biturika byumvikanye cyane cyane mu bice bya Kigongo na Katongo, ndetse no mu tundi duce two mu misozi ihanamiye uyu mujyi, ahazwiho kuba ingirakamaro mu bijyanye n’umutekano n’igenzura rya Uvira.

Mu buhamya Minembwe Capital News yahawe n’abaturage baho, umwe yagize ati:
“Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 04/01/ 2025, imbunda ziremereye n’izoroheje zakomeje kumvikana mu bice bya Kigongo na Katongo, ndetse no mu misozi iri hafi y’Umujyi wa Uvira. Abaturage benshi bagumye mu ngo zabo kubera ubwoba bwinshi.”

Aya makuru akomeza avuga ko hari ihangana rikomeye riri kubera hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), rikomeje kugaragaza imbaraga mu bice bimwe by’iyi ntara.

Iyi mirwano ikurikiye indi yabaye ku munsi wabanje, tariki ya 03/01/ 2025, aho muri utu duce habereye ihangana rikomeye. Amakuru abivuga yemeza ko AFC/M23 yashoboye gusubiza inyuma cyane ingabo zihanganye, ibintu byakomeje gutera impungenge ku mutekano w’abaturage.

Kugeza ubu, nta mibare yemejwe y’abahitanywe n’iyi mirwano iratangazwa ku mugaragaro, ariko abaturage bavuga ko ubwoba n’ihungabana bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi.

Abasesenguzi mu by’umutekano bagaragaza ko uko umutekano ukomeje kuzamba mu nkengero za Uvira, bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mutekano w’akarere kose ka Kivu y’Amajyepfo, bikaba byanateza kwiyongera kw’impunzi n’abimukira imbere mu gihugu.

Tags: IbiturikaKigogo
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be Ku wa Kane tariki ya 08/01/2026, Marie-Ange Mushobekwa, wahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu ndetse akaba...

Read moreDetails

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Frank Diongo, yanenze bikomeye raporo iherutse gushyirwa...

Read moreDetails

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe by’agateganyo Umuyobozi wa Serivisi...

Read moreDetails

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa Urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu wa Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), rwateje agahinda...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko yifuza ko ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Amerika Yatangaje Ko Iyoboye Venezuela mu Gihe cy’Inzibacyuho Nyuma y’Ifatwa rya Perezida Maduro

Ishimutwa rya Perezida wa Venezuela Ryateje Impaka n’Ukwamaganwa Bikomeye ku Rwego Mpuzamahanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?