• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Regional Politics
0
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Batayo y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yariba mu Mikenke yahavanwe haza indi nshya, nyuma y’uko iyahahoraga igabye igitero mu muhana w’Abanyamulenge bikarangira abenshi muri yo bakiburiyemo ubuzima, nk’uko amasoko atandukanye ya Minembwe.com abivuga.

Iz’i ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/02/2025, zihita zijanwa ahitwa kuri “Point Zero,” agace kagabanya Minembwe na Mutambara, kakaba gahuriramo n’umuhanda uva Fizi n’uwa Minembwe, ndetse n’undi uva mu Mikenke.

Nyuma y’aho iz’i ngabo zivanywe mu Minkenke, hazanywe indi batayo nshya yahageze iturutse mu Bijombo, aho yageze yinutse Uvira.

Aya masoko yacu dukesha iyi nkuru avuga ko aba basirikare ba FARDC bavanywe muri aka gace ka Mikenke kumpavu z’uko baheruka kugaba ibitero ku Banyamulenge mu Kalingi, bikagwamo n’ubundi aba babigabye, kuko Twirwaneho yirwanyeho ibakubita inshuro.

Byaguyemo umusirikare mukuru ufite ipeti rya Captain, akaba yarapfanye n’abandi icumi, ni mu gihe kandi aba basirikare ubwo bahungaga barashe ku ngabo z’u Burundi ziri muri aka gace, ngo kuko zanze kubatabara muri icyo gitero zagabye ku Banyamulenge, nazo mu kubasubiza hapfa undi musirikare wa FARDC ufite ipeti rya major, ndetse apfana n’abamurindaga babiri.

Ingabo z’u Burundi zo ziracyari muri aka gace, nubwo nazo bivugwa ko zishobora koherezwa i Bukavu kurwanya umutwe wa M23 utahafata, kuri ubu uri kurwanira mu nkengero zayo, nyuma y’aho ufashe centre ya Kalehe.

Mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ingabo za FARDC zari mu Minembwe, nazo zoherejwe ku kibuga cy’indege cya Kavumu, icyo uyu mutwe wegereje kubohoza.

Gusa iz’indi ngabo nyinshi za FARDC zahise zizanwa mu Minembwe aho zaje ziturutse mu bice byinshi byo muri teritware ya Fizi na Mwenga.

Tubibutsa ko mu Minembwe no mu nkengero zayo, umutekano ugenda urushaho kuba mubi nyuma yabiriya bitero biheruka kugabwa mu Kalingi no ku Birarombili. Igitangaje uyu mutekano muke uva ku ngabo ziki gihugu n’ubutegetsi bwacyo, mu gihe aribo bakawuharaniye.

Tags: FardcMikenkeMinembweTwirwaneho
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro cy’ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

Iby'ikiganiro cy'ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?