• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Regional Politics
0
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Batayo y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yariba mu Mikenke yahavanwe haza indi nshya, nyuma y’uko iyahahoraga igabye igitero mu muhana w’Abanyamulenge bikarangira abenshi muri yo bakiburiyemo ubuzima, nk’uko amasoko atandukanye ya Minembwe.com abivuga.

Iz’i ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/02/2025, zihita zijanwa ahitwa kuri “Point Zero,” agace kagabanya Minembwe na Mutambara, kakaba gahuriramo n’umuhanda uva Fizi n’uwa Minembwe, ndetse n’undi uva mu Mikenke.

Nyuma y’aho iz’i ngabo zivanywe mu Minkenke, hazanywe indi batayo nshya yahageze iturutse mu Bijombo, aho yageze yinutse Uvira.

Aya masoko yacu dukesha iyi nkuru avuga ko aba basirikare ba FARDC bavanywe muri aka gace ka Mikenke kumpavu z’uko baheruka kugaba ibitero ku Banyamulenge mu Kalingi, bikagwamo n’ubundi aba babigabye, kuko Twirwaneho yirwanyeho ibakubita inshuro.

Byaguyemo umusirikare mukuru ufite ipeti rya Captain, akaba yarapfanye n’abandi icumi, ni mu gihe kandi aba basirikare ubwo bahungaga barashe ku ngabo z’u Burundi ziri muri aka gace, ngo kuko zanze kubatabara muri icyo gitero zagabye ku Banyamulenge, nazo mu kubasubiza hapfa undi musirikare wa FARDC ufite ipeti rya major, ndetse apfana n’abamurindaga babiri.

Ingabo z’u Burundi zo ziracyari muri aka gace, nubwo nazo bivugwa ko zishobora koherezwa i Bukavu kurwanya umutwe wa M23 utahafata, kuri ubu uri kurwanira mu nkengero zayo, nyuma y’aho ufashe centre ya Kalehe.

Mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ingabo za FARDC zari mu Minembwe, nazo zoherejwe ku kibuga cy’indege cya Kavumu, icyo uyu mutwe wegereje kubohoza.

Gusa iz’indi ngabo nyinshi za FARDC zahise zizanwa mu Minembwe aho zaje ziturutse mu bice byinshi byo muri teritware ya Fizi na Mwenga.

Tubibutsa ko mu Minembwe no mu nkengero zayo, umutekano ugenda urushaho kuba mubi nyuma yabiriya bitero biheruka kugabwa mu Kalingi no ku Birarombili. Igitangaje uyu mutekano muke uva ku ngabo ziki gihugu n’ubutegetsi bwacyo, mu gihe aribo bakawuharaniye.

Tags: FardcMikenkeMinembweTwirwaneho
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro cy’ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

Iby'ikiganiro cy'ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?