• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo za SADC zatashye mu cyiciro cya kabiri.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo za SADC zatashye mu cyiciro cya kabiri.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ingabo z’u muryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo (SADC), zari zimaze iminsi ingana n’umwaka n’igice mu butumwa buzwi nka SAMIDRC mu Burasizuba bwa Congo, zatashye mu cyiciro cya kabiri zinyuze ku butaka bw’u Rwanda.

Amakuru avuga ko zibanza kwikusanyiriza ku butaka bwa Tanzania nyuma yokuva ku butaka bw’u Rwanda, zikabona gucyurwa mu bihugu byabo muri Malawi na Afrika y’Epfo mu gihe iza Tanzania zo zihita zijanwa mu bigo zahozemo mbere.

Tariki ya 29/04/2025, ni bwo icyiciro cya mbere cyavuye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho cyari kigizwe n’abasirikare 57. Kikaba cyarimo imodoka 13 zitwaye ibikoresho byinshi bya gisirikare.

Bivugwa ko iki cyiciro cya mbere cyari kigiye mu rwego rwo kugira ngo gitegurire bagenzi babo aho bazabasanga bakitegura kwinjira mu bihugu byabo.

Aha’rejo rero tariki ya 04/05/2025, icyiciro cya kabiri nacyo cyahagurutse kiva ku mupaka wa RDC n’u Rwanda wa Rubavu ahagana mu masaha y’umugoroba. Iki cyarimo Imodoka zitwaye ibikoresho n’izitwaye abasirikare.

Iki cyiciro cya kabiri cyarimo Imodoka 34, izari zitwaye ibikoresho bya gisirikare ziruta izari zitwaye abasirikare.

Ikamyo ya mbere yari twaye ibikoresho yageze ahitwa Muhoko ahagana isaha ya saa moya z’ijoro. Gusa ntiharamenyekana umubare w’abasirikare bari baherekeje ibi bikoresho byagisirikare.

Mu kiganiro umugaba mukuru w’Ingabo za Afrika y’Epfo, Gen.Rudzan Maphwanya, yagiranye n’igitangaza makuru yaribwiye ko ingabo zabo zavuye RDC mu cyiciro cya mbere zageze muri Tanzania.

Yagize ati: “Ubu bamaze kugera mu gace abasirikare bose bazahurizwamo, bategurira abandi ngo n’abo baze.”

Bitaganyijwe ko ingabo zose za SADC zizava muri RDC zinyuze k’utaka bw’u Rwanda, zikabona kwerekeza mu gice zizahurizwamo zose muri Tanzania.

Uyu mugaba mukuru w’Ingabo za Afrika y’Epfo yanavuze ko gahunda yo kuvana ingabo zabo mu Burasizuba bwa Congo izarangirana n’ukwezi kwa gatanu turimo.

Anavuga ko banyuzwe n’uburyo ingabo zabo zitwaye neza mu Burasizuba bwa Congo. Gusa hari abavuga ko zivanyeyo igisebo ku rugamba kuko zari zimaze hafi amezi ane mu bigo bicungirwa umutekano n’umutwe wa M23 uwo zari zaraje kurwanya zifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aba basirikare nibamara kugera ku butaka bwa Tanzania, hazakurikiraho uburyo bwo kubacyura mu bihugu byabo. Ni muri ubwo buryo Afrika y’Epfo yavuze ko izacyura ababo ikoresheje inzira y’ikirere mu gihe ibikoresho byabo izabicyura ikoresheje inzira y’amazi kuko bizajyabishyirwa mu mato.

Abo muri Tanzania bo bazahita batangira koherezwa mu bigo babarizwagamo mbere yuko baja muri RDC mu gihe aba Malawi n’abo bazahitamo uburyo bacyurwa iwabo.

Tags: Icyiciro cya kabiriSADC
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.

Ibikoresho bikaze byafatiwe mu gitero cyazindutse kigabwa mu gice cya Mukoko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?