• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo za SADC zatashye mu cyiciro cya kabiri.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo za SADC zatashye mu cyiciro cya kabiri.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ingabo z’u muryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo (SADC), zari zimaze iminsi ingana n’umwaka n’igice mu butumwa buzwi nka SAMIDRC mu Burasizuba bwa Congo, zatashye mu cyiciro cya kabiri zinyuze ku butaka bw’u Rwanda.

Amakuru avuga ko zibanza kwikusanyiriza ku butaka bwa Tanzania nyuma yokuva ku butaka bw’u Rwanda, zikabona gucyurwa mu bihugu byabo muri Malawi na Afrika y’Epfo mu gihe iza Tanzania zo zihita zijanwa mu bigo zahozemo mbere.

Tariki ya 29/04/2025, ni bwo icyiciro cya mbere cyavuye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho cyari kigizwe n’abasirikare 57. Kikaba cyarimo imodoka 13 zitwaye ibikoresho byinshi bya gisirikare.

Bivugwa ko iki cyiciro cya mbere cyari kigiye mu rwego rwo kugira ngo gitegurire bagenzi babo aho bazabasanga bakitegura kwinjira mu bihugu byabo.

Aha’rejo rero tariki ya 04/05/2025, icyiciro cya kabiri nacyo cyahagurutse kiva ku mupaka wa RDC n’u Rwanda wa Rubavu ahagana mu masaha y’umugoroba. Iki cyarimo Imodoka zitwaye ibikoresho n’izitwaye abasirikare.

Iki cyiciro cya kabiri cyarimo Imodoka 34, izari zitwaye ibikoresho bya gisirikare ziruta izari zitwaye abasirikare.

Ikamyo ya mbere yari twaye ibikoresho yageze ahitwa Muhoko ahagana isaha ya saa moya z’ijoro. Gusa ntiharamenyekana umubare w’abasirikare bari baherekeje ibi bikoresho byagisirikare.

Mu kiganiro umugaba mukuru w’Ingabo za Afrika y’Epfo, Gen.Rudzan Maphwanya, yagiranye n’igitangaza makuru yaribwiye ko ingabo zabo zavuye RDC mu cyiciro cya mbere zageze muri Tanzania.

Yagize ati: “Ubu bamaze kugera mu gace abasirikare bose bazahurizwamo, bategurira abandi ngo n’abo baze.”

Bitaganyijwe ko ingabo zose za SADC zizava muri RDC zinyuze k’utaka bw’u Rwanda, zikabona kwerekeza mu gice zizahurizwamo zose muri Tanzania.

Uyu mugaba mukuru w’Ingabo za Afrika y’Epfo yanavuze ko gahunda yo kuvana ingabo zabo mu Burasizuba bwa Congo izarangirana n’ukwezi kwa gatanu turimo.

Anavuga ko banyuzwe n’uburyo ingabo zabo zitwaye neza mu Burasizuba bwa Congo. Gusa hari abavuga ko zivanyeyo igisebo ku rugamba kuko zari zimaze hafi amezi ane mu bigo bicungirwa umutekano n’umutwe wa M23 uwo zari zaraje kurwanya zifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aba basirikare nibamara kugera ku butaka bwa Tanzania, hazakurikiraho uburyo bwo kubacyura mu bihugu byabo. Ni muri ubwo buryo Afrika y’Epfo yavuze ko izacyura ababo ikoresheje inzira y’ikirere mu gihe ibikoresho byabo izabicyura ikoresheje inzira y’amazi kuko bizajyabishyirwa mu mato.

Abo muri Tanzania bo bazahita batangira koherezwa mu bigo babarizwagamo mbere yuko baja muri RDC mu gihe aba Malawi n’abo bazahitamo uburyo bacyurwa iwabo.

Tags: Icyiciro cya kabiriSADC
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.

Ibikoresho bikaze byafatiwe mu gitero cyazindutse kigabwa mu gice cya Mukoko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?