• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igisirikare cy’u Burundi cyohereje abandi basirikare bacyo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bajya kongera imbaraga abasanzweyo mu rwego rwo kugira ngo umujyi wa Bukavu udafatwa n’abarwanyi ba M23.

Mu kwezi kwa cyenda umwaka ushize, ni bwo perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bemeranyije ko ingabo z’u Burundi zinjira muri RDC, zigafasha FARDC, FDLR na Wazalendo, ku rwanya M23.

Aya masezerano yafashije ubutegetsi bw’u Burundi kwemera ku mugaragaragaro ko bufite ingabo zirwanira muri RDC, ni mu gihe mbere zariyo mu buryo butemewe.

Kuva icyo gihe, ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi kimaze kohereza abasirikare bacyo bari hagati ya 8,000 na 12,00.

Muri abo harimo abatsinzwe intambara muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri ubu bahungiye mu bice bya Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo. Gusa hari izindi batayo 3 z’igisirikare cy’u Burundi zisanzwe mu misozi ya Fizi na Uvira.

Bikaba binavugwa ko batayo ya 22 ya TAFOC nayo yamaze guhabwa inshingano zo kwiyunga n’abandi basirikare b’u Burundi bari i Bukavu ngo barwanye M23 idafata uyu mujyi.

Amakuru yatanzwe na radio ya RFI avuga ko regima y’ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC igizwe na brigade 4, kandi ko buri imwe ifite batayo 3, iyi brigade ikaba iyobowe na Jenerali Patien Hakizimana, wamamaye ku izina rya Mingi.

Muri iyi mirwano ishamiranyije umutwe wa M23 n’igisirikare cya RDC gifashwa n’icy’u Burundi, bivugwa ko yaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi kuva binjira muri iyi ntambara, harimo n’abafite amapeti akomeye.

Hari n’abandi M23 yafatiye mu mirwano, ariko perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yarabihakanye, abita abarwanyi b’u mutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe.

Aya makuru yatangajwe n’iriya radio mpuzamahanga y’Abafaransa(RFI) akomeza avuga ko batayo ya 22 izwi nka TAFOC bivuze Task Force y’ingabo z’u Burundi imaze iminsi ibiri irimo gukusanyirizwa mu Gatumba hafi y’umupaka wa RDC, mbere yo koherezwa i Bukavu.

Iyi radio yongeyeho ko igice kinini cy’ingabo z’u Burundi ubu cyashinzwe kurinda umujyi wa Bukavu ngo udafatwa na M23.

Kimwecyo, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antònio Guterres yaraye atangaje ko iki ari igihe cyo gucyecekesha imbunda.

Guterres yongeyeho ko nta gisubizo cya gisirikare kiriho kuri iyi ntambara, avuga ko ari igihe cyo guhuza impande zose kandi ko hagomba kwemeranya kubyo ziyemeje.

Tags: BukavuFardcIngaboIngabo z'u Burundi
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye urukiko rwa ICC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?