• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Igisirikare cy’u Burundi cyohereje abandi basirikare bacyo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bajya kongera imbaraga abasanzweyo mu rwego rwo kugira ngo umujyi wa Bukavu udafatwa n’abarwanyi ba M23.

Mu kwezi kwa cyenda umwaka ushize, ni bwo perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bemeranyije ko ingabo z’u Burundi zinjira muri RDC, zigafasha FARDC, FDLR na Wazalendo, ku rwanya M23.

Aya masezerano yafashije ubutegetsi bw’u Burundi kwemera ku mugaragaragaro ko bufite ingabo zirwanira muri RDC, ni mu gihe mbere zariyo mu buryo butemewe.

Kuva icyo gihe, ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi kimaze kohereza abasirikare bacyo bari hagati ya 8,000 na 12,00.

Muri abo harimo abatsinzwe intambara muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri ubu bahungiye mu bice bya Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo. Gusa hari izindi batayo 3 z’igisirikare cy’u Burundi zisanzwe mu misozi ya Fizi na Uvira.

Bikaba binavugwa ko batayo ya 22 ya TAFOC nayo yamaze guhabwa inshingano zo kwiyunga n’abandi basirikare b’u Burundi bari i Bukavu ngo barwanye M23 idafata uyu mujyi.

Amakuru yatanzwe na radio ya RFI avuga ko regima y’ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC igizwe na brigade 4, kandi ko buri imwe ifite batayo 3, iyi brigade ikaba iyobowe na Jenerali Patien Hakizimana, wamamaye ku izina rya Mingi.

Muri iyi mirwano ishamiranyije umutwe wa M23 n’igisirikare cya RDC gifashwa n’icy’u Burundi, bivugwa ko yaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi kuva binjira muri iyi ntambara, harimo n’abafite amapeti akomeye.

Hari n’abandi M23 yafatiye mu mirwano, ariko perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yarabihakanye, abita abarwanyi b’u mutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe.

Aya makuru yatangajwe n’iriya radio mpuzamahanga y’Abafaransa(RFI) akomeza avuga ko batayo ya 22 izwi nka TAFOC bivuze Task Force y’ingabo z’u Burundi imaze iminsi ibiri irimo gukusanyirizwa mu Gatumba hafi y’umupaka wa RDC, mbere yo koherezwa i Bukavu.

Iyi radio yongeyeho ko igice kinini cy’ingabo z’u Burundi ubu cyashinzwe kurinda umujyi wa Bukavu ngo udafatwa na M23.

Kimwecyo, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antònio Guterres yaraye atangaje ko iki ari igihe cyo gucyecekesha imbunda.

Guterres yongeyeho ko nta gisubizo cya gisirikare kiriho kuri iyi ntambara, avuga ko ari igihe cyo guhuza impande zose kandi ko hagomba kwemeranya kubyo ziyemeje.

Tags: BukavuFardcIngaboIngabo z'u Burundi
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye urukiko rwa ICC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?