• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.
134
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi wa RDC yatse ubuhungiro aranabwemererwa.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yemerewe ubuhungiro muri Angola nk’uko iyi nkuru yashyizwe hanze n’umwe mu banyamakuru bo muri RDC.

Ni amakuru yashyizwe hanze kuri uyu wa kabiri tariki ya 18/02/2025, aho yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru witwa Pero Luwara.

Akoresheje urubuga rwe rwa x, yatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yagiriye uruzinduko rudasanzwe i Luanda muri Angola.

Asobanura ko yavuye i Kinshasa igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, kandi ko yari mundege yaritwawe n’abapilote b’Abarusiya.

Ni amakuru kandi yemejwe na perezidansi ya Angola, biciye mu mashusho yagaragaje Tshisekedi ari kumwe na perezida João Lourenço wo muri iki gihugu.

Iyi nkuru y’uriya munyamakuru yakomeje ivuga ko uruzinduko rwa Tshisekedi yagiriye i Luanda rwari rugamije gusaba ubufasha bw’umutekano we bwite.

Uyu munyamakuru avuga ko Angola yamwemereye ubufasha bw’ubuhungiro ku giti cye, ariko ko idashobora kumutabara muburyo bwagisirikare.

Uyu mukuru w’i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yazindukiye i Luanda mu gihe iwe umutekano ukomeje kuzamba, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu cye, kuko umutwe urwanya ubutegetsi bwe ukomeje kwigarurira imijyi ikomeye irimo uwa Goma na Bukavu.

Kimweho kandi, hari amakuru yo kuruhande Minembwe.com ikesha bamwe mu bakora mu nzego z’umutekano za RDC avuga ko abasirikare bo muri iyi Leta bo ku rwego rwa jenerali bari i Kinshasa batari kuvuga rumwe na perezida Félix Tshisekedi. Bamushinja kunanirwa gutsinda urugamba ingabo z’iki gihugu zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Ndetse aya makuru akomeza avuga ko uko kutavuga rumwe hagati y’Abajenerali na perezida Tshisekedi, biri mubyatumye atitabira inama iheruka kubera i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yari yahuriyemo abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa SADC n’uwa EAC yigaga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo bikaba biri mu byotuma Tshisekedi ashaka ubuhungiro, nubwo bitaremezwa n’ibiro bye.

Tags: AngolaTshisekediUbuhungiro
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?