• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.
134
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi wa RDC yatse ubuhungiro aranabwemererwa.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yemerewe ubuhungiro muri Angola nk’uko iyi nkuru yashyizwe hanze n’umwe mu banyamakuru bo muri RDC.

Ni amakuru yashyizwe hanze kuri uyu wa kabiri tariki ya 18/02/2025, aho yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru witwa Pero Luwara.

Akoresheje urubuga rwe rwa x, yatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yagiriye uruzinduko rudasanzwe i Luanda muri Angola.

Asobanura ko yavuye i Kinshasa igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, kandi ko yari mundege yaritwawe n’abapilote b’Abarusiya.

Ni amakuru kandi yemejwe na perezidansi ya Angola, biciye mu mashusho yagaragaje Tshisekedi ari kumwe na perezida João Lourenço wo muri iki gihugu.

Iyi nkuru y’uriya munyamakuru yakomeje ivuga ko uruzinduko rwa Tshisekedi yagiriye i Luanda rwari rugamije gusaba ubufasha bw’umutekano we bwite.

Uyu munyamakuru avuga ko Angola yamwemereye ubufasha bw’ubuhungiro ku giti cye, ariko ko idashobora kumutabara muburyo bwagisirikare.

Uyu mukuru w’i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yazindukiye i Luanda mu gihe iwe umutekano ukomeje kuzamba, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu cye, kuko umutwe urwanya ubutegetsi bwe ukomeje kwigarurira imijyi ikomeye irimo uwa Goma na Bukavu.

Kimweho kandi, hari amakuru yo kuruhande Minembwe.com ikesha bamwe mu bakora mu nzego z’umutekano za RDC avuga ko abasirikare bo muri iyi Leta bo ku rwego rwa jenerali bari i Kinshasa batari kuvuga rumwe na perezida Félix Tshisekedi. Bamushinja kunanirwa gutsinda urugamba ingabo z’iki gihugu zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Ndetse aya makuru akomeza avuga ko uko kutavuga rumwe hagati y’Abajenerali na perezida Tshisekedi, biri mubyatumye atitabira inama iheruka kubera i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yari yahuriyemo abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa SADC n’uwa EAC yigaga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo bikaba biri mu byotuma Tshisekedi ashaka ubuhungiro, nubwo bitaremezwa n’ibiro bye.

Tags: AngolaTshisekediUbuhungiro
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?