• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Religion
0
Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

You might also like

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We

Mu birori byabereye muri kiriziya iherereye i Rome mu Butaliyani, Gimbal Musk, umuvandimwe w’umuhewe Elon Musk, yabisusurukijemo cyane abantu bari babirimo, ni mu gihe yabikoreshejemo ibihangano byikoranabuhanga, aho yifashihaga utudege twa drone twagaragaraga mu bishushanyo binyuranye.

Ibi birori amakuru avuga ko byabaye ku wa gatandatu tariki ya 13/09/2025, aho byari bigamije kwibutsa abatuye isi ko ari abavandimwe, byanahuriranye n’umunsi wo guhimbaza isabukuru y’amavuko y’imyaka 70 y’umushumba wa kiriziya gatorika ku isi, Leon Xiv.

Ubundi kandi ibi birori byari bigamije guhamagarira abatuye isi kubungabunga ibidukikije, uyu muvandimwe wa Elon Musk yabigaragajemo ubuhanga anasusurutsa abari babyitabiriye.

Hagaragaye n’amashusho y’ikoranabuhanga ya Papa Francis uheruka kwitaba Imana mu kwezi kwa kane uyu mwaka, akaba yerekanywe mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Bivugwa ko ayo mashusho yarimo yerekanwa anyujijwe mu kigo cya Nova Sky Stories, aho cyabaraga inkuru binyuze mu ikorana buhanga.

Ayo mashusho kandi yafatwaga hifashishijwe utudege tutagira abapilote, harimo ay’Abatagatifu bari muri iyi shapele, ndetse aya mashusho akaba kandi yagendaga aherekejwe n’indirimbo zaririmbwe muri ibi birori.

Tags: GimbalIbiroriKatolikaRome
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe Ubuhanuzi bwatanzwe n’umukozi w’Imana, Pasiteri Sodoki Kavoma, ku byerekeye ibigiye kuba mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo Amateka y’isi n’ijuru si inkuru zisanzwe, ahubwo ni ubutumwa bwimbitse buvuga ku Mana, Umuremyi w’ibiriho byose....

Read moreDetails

Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We

Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Mbarara muri Uganda,...

Read moreDetails

Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere

by Bahanda Bruce
February 22, 2026
0
Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere

Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere Mu mateka y’iyobokamana, izina rya Eva ryabaye ishingiro ry’impaka ndende ku ruhare rw’umugore mu iremwa n’agakiza. Mu gitabo cy’Itanguriro,...

Read moreDetails

Itorero: Uruhare n’Agaciro k’Umubiri wa Kristo mu Mateka y’Agakiza

by Bahanda Bruce
February 22, 2026
0
Itorero: Uruhare n’Agaciro k’Umubiri wa Kristo mu Mateka y’Agakiza

Itorero: Uruhare n’Agaciro k’Umubiri wa Kristo mu Mateka y’Agakiza Ibyanditswe Byera: 1 Abakorinto 6:19 Ku Cyumweru, tariki ya 22/02/2026, Reverend Misigaro Bizimana, umushumba w’Itorero rya All National Assemblies...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?