• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Religion
0
Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

You might also like

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

Mu birori byabereye muri kiriziya iherereye i Rome mu Butaliyani, Gimbal Musk, umuvandimwe w’umuhewe Elon Musk, yabisusurukijemo cyane abantu bari babirimo, ni mu gihe yabikoreshejemo ibihangano byikoranabuhanga, aho yifashihaga utudege twa drone twagaragaraga mu bishushanyo binyuranye.

Ibi birori amakuru avuga ko byabaye ku wa gatandatu tariki ya 13/09/2025, aho byari bigamije kwibutsa abatuye isi ko ari abavandimwe, byanahuriranye n’umunsi wo guhimbaza isabukuru y’amavuko y’imyaka 70 y’umushumba wa kiriziya gatorika ku isi, Leon Xiv.

Ubundi kandi ibi birori byari bigamije guhamagarira abatuye isi kubungabunga ibidukikije, uyu muvandimwe wa Elon Musk yabigaragajemo ubuhanga anasusurutsa abari babyitabiriye.

Hagaragaye n’amashusho y’ikoranabuhanga ya Papa Francis uheruka kwitaba Imana mu kwezi kwa kane uyu mwaka, akaba yerekanywe mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Bivugwa ko ayo mashusho yarimo yerekanwa anyujijwe mu kigo cya Nova Sky Stories, aho cyabaraga inkuru binyuze mu ikorana buhanga.

Ayo mashusho kandi yafatwaga hifashishijwe utudege tutagira abapilote, harimo ay’Abatagatifu bari muri iyi shapele, ndetse aya mashusho akaba kandi yagendaga aherekejwe n’indirimbo zaririmbwe muri ibi birori.

Tags: GimbalIbiroriKatolikaRome
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

Bishop Harrison Ng'ang'a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari

Bishop Harrison Ng'ang'a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa gikomeye cy’ubwitange cyabereye ku Cyumweru muri...

Read moreDetails

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana” MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umushumba Mukuru w’Itorero Zion...

Read moreDetails

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Abantu umunani (8) bapfuye, mu gihe abandi icyenda...

Read moreDetails

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw'Ihumure n'Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kuri iki Cyumweru, mu gace ka Minembwe...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?