• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya jyanye perezida Félix Tshisekedi Tshilombo mu gihugu cy’u Budage, bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2024
in Regional Politics
0
Ibya jyanye perezida Félix Tshisekedi Tshilombo mu gihugu cy’u Budage, bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyajanye perezida Félix Antoine Tshisekedi mu Budage byatangajwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 28/04/2024, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, yageze i Berlin mu gihugu cy’u Budage, nk’uko iy’inkuru yemejwe n’umuvugizi wa Tshisekedi, ari we Tina Salama.

Akoresheje urubuga rwa x, yemeje ko perezida Félix Tshisekedi ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, yageze i Berlin mu Budage, ko kandi yakiririwe na Chancelier wabwo, Olaf Scholz.

Tina Salama yavuze kandi ko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, ari buganire na mugenzi we ibintu bitatu, birimo “umutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC, ubufatanye bw’ibihugu byombi ndetse no ku bucuruzi.”

Uyu mukuru w’igihugu yanyuze mu Budage kuganira na Chancelier wabwo, mbere yo kwerekeza i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, aho agize iminsi yitezwe.

Urugendo rwa perezida Félix Tshisekedi i Paris rwa maganwe n’abarimo Corneille Nangaa, umuhuza bikorwa mukuru wa AFC; avuga ko igihugu nk’u Bufaransa kitari gikwiye kwa kira umuntu nka Tshisekedi uzwiho ko ari nkora maraso.

Nangaa yamaganye urugendo rwa Tshisekedi akoresheje ibarura yandikiye perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron.

Mw’ibarua yagize ati: “Tshisekedi Tshilombo, ahonyora uburenganzira bwa baturage be; nti bikwiye ko perezida Emmanuel Macron ya kwakira umuntu nk’uwo.”

Urugendo rwa perezida Félix Tshisekedi rwo kwerekeza i Paris mu Bufaransa, rwatangajwe mu mpera z’iki Cyumweru turimo dusoza, rukaba rwa ratangajwe bwa mbere n’ambasaderi w’u Bufaransa muri RDC. Nyuma yuko yari yagiranye ibiganiro na Tshisekedi ku wa Kane w’iki Cyumweru.

Yanavuze ko Tshisekedi na mugenzi we w’u Bufaransa, bazaganira ku mishinga ikomeye yo kubaka RDC no ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

             MCN.
Tags: I Berlin mu gihugu cy'u BudageTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Arabia Saoudite, ahari kubera i nama idasanzwe perezida Paul Kagame, yahavugiye amagambo akomeye.

Muri Arabia Saoudite, ahari kubera i nama idasanzwe perezida Paul Kagame, yahavugiye amagambo akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?