Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibya Kizza Besigye, nti bivugwaho rumwe muri Uganda, nyuma yo gufatirwa i Nairobi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2024
in World News
1
Ibya Kizza Besigye, nti bivugwaho rumwe muri Uganda, nyuma yo gufatirwa i Nairobi.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya Kizza Besigye, nti bivugwaho rumwe muri Uganda, nyuma yo gufatirwa i Nairobi.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Kizza Besigye utavugarumwe n’ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni mu gihugu cya Uganda, uwo byavugwaga ko yashimutiwe muri Kenya, byamenyekanye ko afungiwe muri iki gihugu cya Uganda ndetse uyu munsi yagombaga kwitaba urukiko rwa gisirikare, ariko urubanza rwe rukaba rwasubitswe.

Imwe mu ma radio yo muri iki gihugu cya Uganda, Radio Network, yatangaje ko urukiko rwa gisirikare rwasubitse urubanza rw’uyu munyapolitiki kuri uyu wa gatatu tariki ya 20/11/2024.

Ivuga ko iki cyemezo ko cyatangajwe na perezida w’urukiko rwa gisirikare, Brigadier Freeman Mugabe; wavuze ko Besigye yanze kuburana kuko yari yunganiwe n’abanyamategeko bashyizweho na Leta.

Umugore wa Besigye, Winnie Byanyima usanzwe ayobora ishami ry’umuryango w’Abibumbye rirwanya SIDA (UNIDS), yari yasabye ubutegetsi bwa Kampala kurekura vuba na bwangu umugabo we.

Amakuru ahamya ko Besigye yafatiwe i Nairobi muri Kenya ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo yari yitabiriye igikorwa cyo kumurika igitabo cyari cyahabereye.

Winnie Byanyima, umugore wa Besigye, yagize ati: “Ubu amakuru mfite ni uko afungiwe muri gereza ya gisirikare iri i Kampala. Twe nk’umuryango we ndetse n’umunyamategeko we, turifuza ko twamubona. Si umusirikare, none nu kubera iki afungiwe muri gereza ya gisirikare?”

Guverinoma ya Uganda n’igisirikare cyayo, ntacyo baratangaza kwifungwa rya Kizza Besigye.
Usibye ko polisi y’iki gihugu cya Uganda yatangaje ko idafite uyu munyapolitiki, bityo ko ntacyo yabivugaho, ni mu gihe yabazwaga n’ibiro ntara makuru by’u Bwongereza, Reuters.

Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Kenya, Korir Singoei yabwiye itangaza makuru ko Guverinoma y’iki gihugu itagize uruhare kwitabwa muri yombi rya Besigye.

Ariko kandi mu mezi make ashize, ubuyobozi bwa Kenya bwataye muri yombi abantu 36 basanzwe ari abarwanashyaka b’ishyaka rya Kizza Besigye, baza no koherezwa muri Uganda, bashinjwa ibyaha by’iterabwoba.

Tags: BesigyeKampalaUganda
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    Unfortunately, there are no excellent pharmacotherapies for DO AO, and treatment revolves largely around addressing potential causative factors as well as the use of psychotherapy [url=https://fastpriligy.top/]priligy kaufen[/url] Phenotype and where of control over my erections or sexual acts

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?