• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
1
RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri minisitiri wayo w’intebe, Judith Suminwa, yiyambaje igihugu cya Canada kuyifasha gukemura ikibazo cy’intambara irimo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Nibyo minisitiri w’intebe wa RDC, Judith Suminwa yavugiye mu ruzinduko yagiriye i Otawa muri Canada, aho yageze kuva ku wa mbere tariki ya 18/11/2024.

Amakuru avuga ko Judith Suminwa na mugenzi we wa Canada, minisitiri w’intebe, Ahmed Hussen, bavuganye ko u Rwanda rukomeje gukoresha uburyarya mu kubahiriza amasezerano ya Luanda.

Suminwa ubwe yanashimangiye ko u Rwanda rushyigikiye umutwe wa M23, kandi ko rudateze kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

Muri iyi nkuru kandi bivugwa ko minisitiri ushinzwe iterambere mpuzamahanga wa Canada yashimye urugendo rwa Judith yagiriye muri iki gihugu, yizeza gukomeza ubufatanye mu bya diplomasi muri RDC, guteza imbere ibikorwa by’uburezi, ubuzima ndetse no gukomeza ibikorwa byo gufasha.

Ahmed Hussen yongeyeho ko “Leta ya Canada isanga hakwiye kubahirizwa ubusugire bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hirindwa ihohoterwa iryo ariryo ryose.

RDC buri gihe ikunze gushyira mu majwi u Rwanda ku kuba rushyigikira umutwe wa M23, ariko u Rwanda rukabitera utwatsi.

Usibye kandi ko n’u Rwanda rushinja Leta ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe witerabwoba wa FDLR, nubwo nayo itabyemera.

Hagiye haba n’ibiganiro bihuriweho n’ibihugu byombi, bigamije guhoshya umwuka mubi wabizonze, ariko kugeza ubu nta musaruro mwiza uravamo.

Tags: CanadaJudith SuminwaM23
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    Quantitative Assessment of Biodistribution for Different Uptake Times [url=https://fastpriligy.top/]cheap priligy[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?