Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 21, 2024
in Regional Politics
0
Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Umutwe wa M23 urugamba uheruka guhanganamo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, muri teritware ya Lubero rwaguyemo abasirikare batatu bafite ipeti rya Colonel, umwe muribo akaba yari uwo muri Wazalendo wari warazengereje abaturage b’i Masisi.

Ni urugamba rwabaye mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 19/12/2024, bikavugwa ko rwabereye ahitwa i Kobo ho muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe.com dukesha umurwanyi wo muri M23 abisobanura, agaragaza ko uru rugamba rw’i Kobo rwari ruremereye cyane, ndetse akavuga ko rwaturikiyemo imbunda ziremereye n’izito, kandi ku mpande zombi.

Ni urugamba yemeje ko rwatangiye amasaha y’igicuku cyo kuri uwo wa kane, rugeza igihe c’isaha zitatu z’igitondo.

Akomeza avuga ko urwo rugamba rwaguyemo aba-Colonel batatu bakomeye bo ku ruhande rwa Leta, ariko umwe akaba yarazwi muri Wazalendo, ndetse byavugwaga ko yari yarazengereje cyane Abatutsi b’i Masisi ahanini abantunze Inka, kuko yazinyagaga akazirya.

Aha i Kobo, amakuru avuga ko no ku munsi w’ejo hashize, impande zombi zongeye gukozanyaho, birangira izo ku ruhande rwa Leta zivugutiwe umuti zikizwa n’amaguru.

Hagati aho M23 ikomeje kwagura ubutaka igenzura, ni mu gihe ikomeje kwirukana ingabo za FARDC n’abambari bayo muri za teritware za Lubero na Walikale.

Tags: FardcKoboOperasiyo
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y'Amajy'epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?