Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 21, 2024
in Regional Politics
0
Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya operasiyo idasanzwe M23 yakoze igwamo abayobozi bo hejuru ba FARDC muri Lubero.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa M23 urugamba uheruka guhanganamo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, muri teritware ya Lubero rwaguyemo abasirikare batatu bafite ipeti rya Colonel, umwe muribo akaba yari uwo muri Wazalendo wari warazengereje abaturage b’i Masisi.

Ni urugamba rwabaye mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 19/12/2024, bikavugwa ko rwabereye ahitwa i Kobo ho muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe.com dukesha umurwanyi wo muri M23 abisobanura, agaragaza ko uru rugamba rw’i Kobo rwari ruremereye cyane, ndetse akavuga ko rwaturikiyemo imbunda ziremereye n’izito, kandi ku mpande zombi.

Ni urugamba yemeje ko rwatangiye amasaha y’igicuku cyo kuri uwo wa kane, rugeza igihe c’isaha zitatu z’igitondo.

Akomeza avuga ko urwo rugamba rwaguyemo aba-Colonel batatu bakomeye bo ku ruhande rwa Leta, ariko umwe akaba yarazwi muri Wazalendo, ndetse byavugwaga ko yari yarazengereje cyane Abatutsi b’i Masisi ahanini abantunze Inka, kuko yazinyagaga akazirya.

Aha i Kobo, amakuru avuga ko no ku munsi w’ejo hashize, impande zombi zongeye gukozanyaho, birangira izo ku ruhande rwa Leta zivugutiwe umuti zikizwa n’amaguru.

Hagati aho M23 ikomeje kwagura ubutaka igenzura, ni mu gihe ikomeje kwirukana ingabo za FARDC n’abambari bayo muri za teritware za Lubero na Walikale.

Tags: FardcKoboOperasiyo
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y'Amajy'epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?