• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2024
in Regional Politics
0
Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori mu ihuriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo, ihuriro rirwanya Abanyamulenge.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ihuriro rya Radi, rihuriyemo imitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï muri Kivu y’Amajy’epfo, ryavutsemo amacakubiri akomeye, bamwe bita abandi M23.

Amacakubiri yavutse muri iri huriro rya Radi, yatangiye mu minsi mike ishize nyuma y’aho ubutegetsi bwa Kinshasa butegetse ko uwitwa Bukuru ayobora iryo huriro.

Bukuru ni uwo mu bwoko bw’Abapfulero, akaba mwene Ngwata uvukana n’uwiyita General Rushaba.

Uruhande rwa Gen Makanaki rushigikiwe n’indi mitwe ya Maï-Maï irimo uyobowe na Colonel Ilunga, Yakobo na Mika, rwanze kuyoborwa na Bukuru, rumushinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23 urwanira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ukaba urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Amakuru akavuga ko uru ruhande rwa Gen Makanaki rusaba ubutegetsi bwa Kinshasa kubaha umuyobozi uvuka i Kinshasa, bityo akaba ari we uyobora iri huriro rya Radi muri Kivu y’Amajy’epfo.

Mu gihe uruhande rurimo Gen Rushaba, Gen Hamuri Yakutumba, Col Ngomanzito, Rene n’abandi, rushigira ko bayoborwa na Bukuru.

Uru hande rushigikiye kuyoborwa na Bukuru, ruvuga ko ari ibyingenzi kuyoborwa n’umuntu uvuka mu karere bavukamo, kandi ko ari byo bifite agaciro kenshi kuruta uko boyoborwa n’umuntu uvuka i Kinshasa, ni mu gihe Leta yashakaga yashakaga kumva icyifuzo cy’uruhande rudashaka Bukuru.

Kimweho, biravugwa ko hateganyijwe imishyikirano izahuza abo muri iyo mitwe, kandi ko izabera mu bice byo muri teritware ya Uvira. Ndetse aya makuru akavuga ko ikiyitindije, ngo nuko uyu muyobozi Bukuru kuri ubu ari i Goma aho yari yitabiriye ibiganiro bya Wazalendo, biheruka kubera i Walikale.

Ariko kandi uruhande rwa Makanaki na Ilunga rukaba kera rwaramaze kugeza ikirego ku muyobozi wa FARDC uyoboye Secteur sokola 2, Sud-Kivu, i Buvira.

Ni ikirego amakuru agera kuri Minembwe.com avuga ko urwo ruhande rwashinje Bukuru n’abamushigikiye gukorana na M23, ndetse bagaragaza ko yumvikana na Nyamusaraba usanzwe y’iyita Colonel wo mu mutwe wa Gumino.

Hari n’andi makuru avuga ko uru ruhande rwa Ilunga na Makanaki rwamaze gucengera mu barwanyi ba Maï-Maï , aho ruri kwiyegereza abarwanyi bagiye bakora amanyanga mu mitwe bahozemo, hari nk’umurwanyi wahoze kwa Ngomanzito witwa Aimable Naburinzi, uwo yahoze ari we ukuriye ikigega muri uwo mutwe nyuma aza kubambura, ni ko guhita ahunga. Uwo bamwiyegereje, afatanyije nabo guharabika uruhande rwa Bukuru.

Ibi bikaba byongeye guteza imvurururu n’amacakubira muri Maï-Maï, ndetse no mu miryango abo barwanyi bavukamo.

Tags: Bombori bomboriIhuriroMaï Maï
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yongeye gutsemba avuga ko atazaganira na M23.

Perezida Tshisekedi yongeye gutsemba avuga ko atazaganira na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?