• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo uheruka gushira amakuru y’ibanga hanze ya perezida Félix Tshisekedi yapfuye.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Ni umwe mu basirikare bahoraga hafi ya perezida Félix Tshisekedi wishwe nyuma umurambo we ukajugunywa hafi n’amazu abamo abasirikare barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko iy’inkuru ivugwa nabaturiye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ay’amakuru akavuga ko uwo mugabo wo mu basirikare barinda Tshilombo yishwe ku mpamvu z’uko yari yashyize hanze amakuru avuga ku burwayi bwa Tshisekedi.

Ahagana tariki ya 07/04/2024, n’ibwo umuvugizi wa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, Tina Salama yatangaje ko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo yagiriye uruzinduko hanze y’igihugu cya RDC ariko ntiyagira igihugu atangaza ko yazindukiyemo.

Muri icyo gihe ibinyamakuru birimo n’ibyo mu Bubiligi byari byatangaje ko Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’u Rwanda, mu buryo bw’ibanga. Nyuma izindi nkuru zakomeje guhwihwiswa ko bitazwi aho Tshisekedi y’aba aherereye.

Ubwo rero haje gusohoka andi makuru yavuzwe n’uwo musirikare bivugwa ko yishwe, avuga ko perezida Félix Tshisekedi Tshilombo arwariye i Bruxelles mu gihugu cy’u Bubiligi, aho ngo yagiye kwivuza mu buryo bw’ibanga rikomeye, kubera uburwayi amaranye igihe bwo mu myanya myibarukiro, ndetse uwo musirikare akavuga ko Tshisekedi arwaye prostate no kwihagarika nabi.

Kimweho mu makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya infos.cd yo, avuga ko Tshisekedi yerekeje i Bruxelles mu Bubiligi tariki ya 06/04/2024 ko kandi yajanye n’itsinda ry’abantu bagera kuri 20 barimo abaganga be, abarinzi ndetse n’inshuti ze zahafi n’abamwe bo mu muryango we.

Gikomeza kivuga ko Tshisekedi aho yari amaze kugera i Bruxelles mu Bubiligi yahise ajanwa mu Bitaro byitiriwe intumwa ya Yesu kristo Luka(Sait Luc), ngo nimugihe yari yagize ibibazo by’u Buzima.

Mu mwaka w’ 2022, nabwo perezida Félix Tshisekedi yajanwe mu Bubiligi, mu buryo byabanjye kugirwa ibanga ariko biza ku menyekana ko yari yagize ibibazo by’uburwayi.

Gusa kuri ubu Tshisekedi ngoyaba yamaze koroherwa ndetse akaba yanamaze gusubira mu gihugu, n’ubwo abavugizi be batarabitangaza.

                 MCN.
Tags: Bamwe mu bishize hanzeBaricwaIbya Tshisekedi byashizwe ku karubanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?