• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.

minebwenews by minebwenews
June 2, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Mu bisambu byo mu Rugezi ahari hagize iminsi habera imirwano hagati y’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta n’umutwe wa Twirwaneho kubufatanye n’uwa M23, byasanzwemo imaiti nyinshi z’abasirikare bo muri uru ruhande rwa Leta ya Congo bigaragara ko zishwe muri ibyo bitero zagabaga kuri iyi mitwe yombi, bigakekwa ko ari yo mpamvu zitakigaba ibitero zakoraga umunsi ku wundi.

Ni muri iyi minsi ibiri imirambo y’abasirikare yasanzwe mu bihuru byo mu Rugezi, aho yatoraguwe n’abagore bari bahinze.

Ubuhamya Minembwe Capital News yahawe bugira buti: “Bari abagore benshi bagiye mu murima guhinga, ni bwo basanze intumbi nyinshi z’abasirikare ba Leta y’i Kinshasa aho bari bahingiye.”

Yongeye ati: “Bigiye imbere babona imaiti zirindwi, bakikije umurima naho babona izindi icumi na zitatu. Baje kubona izindi batashye. Si bintu biteye ubwoba.”

Usibye kuba barabonye abasirikare ba Leta bapfuye, banatoraguye n’imbunda zirimo n’iziremereye, kuko harimo iya Mashin Gun, Gatimba n’amasasu menshi.

Ati: “Batoye n’ibikoresho bya gisirikare, birimo imbunda ya Mashin Gun, Gatimba n’amasasu menshi.”

Rugezi iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, ni igice umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byabohoje mu mezi abiri ashize.
Ibitero ihuriro ry’Ingabo za Congo ziheruka kukigabamo za bikoze hagati muri kiriya cyumweru gishize.

Iyi Rugezi, ahanini iri huriro ry’Ingabo zirwanirira Leta ya Congo zayigabyemo ibitero mu cyumweru cyo hirya, mu ntangiriro no mu mpera zacyo. Uko bakoraga ibyo bitero iyi mitwe yombi yabisubizaga inyuma.

Nyamara, kuva ku wa gatanu w’iki cyumweru gishize, nta kindi gitero uruhande rwa Leta rwari rwagaba mu Rugezi, bigakekwa ko rwabibabarijwemo cyane, ari na yo mpamvu rwahagaritse ibi bitero, nk’uko rwabikoraga umunsi ku wundi mbere y’ubu.

Kimwecyo, hari andi makuru yatangiye kuvugwa ku wa gatanu w’icyumweru gishize, ko ingabo z’u Burundi zamanutse mu Cyohagati ziturutse i Ndondo ya Bijombo, ndetse aya makuru yanavuga ko hari n’izindi zambutse ziva i Bujumbura zikomerezaho zigana muri icyo gice cy’i Ndondo ya Bijombo mbere yo gukomereza mu Cyohagati.

Kwerekeza kw’izi ngabo mu Cyohagati ni mu rwego rwo kugira ngo batangize ibitero mu Mikenke ahari ibirindiro bya Twirwaneho na M23.

Ibyo bibaye kandi mu gihe byavuzwe ko umutwe wa M23 wohereje abarwanyi bawo benshi mu misozi ya Uvira, nubwo umubare wabo ukigoye kumenya.

Hagataho, Wazalendo, FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari guhunga berekeza mu cya Mirimba, abanyuma amakuru akavuga ko bahagarariye i Gasiro mu gihe abarimo abana n’abagore bo bambutse umugezi munini wa Butungi bagana i Mirimba.

Tags: ImaitiRugeziTshisekedi
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Bidasubirwaho amasengesho y'abanyeshuri bo mu Bibogobogo arashubijwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?