Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni byatangajwe na komiseri w’u Burayi ushinzwe iby’ingufu, Kadri Simson, aho yavuze ko igihugu cya Ukraine kigiye guhura n’ikibazo cy’imbeho idasanzwe nyuma y’ibitero bikaze by’ingabo z’u Burusiya biri kugabwa ku bigo bitanga amashanyarazi, n’ibindi.

Muri iki kiganiro, bwana Kadri yahaye igitangaza makuru cya Financial Times, yagize ati: “Biteganijwe ko nyuma y’ibitero by’ingabo z’u Burusiya ku bigo by’ingufu z’igihugu cya Ukraine, hateganijwe ko iki igihugu kizahura n’imbeho itoroshye kuva ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe byatangira.”

Ni mu gihe ingabo z’u Burusiya zikomeje kuja imbere zihereye mu Burasirazuba bwa Ukraine.

Mu mpera z’i Cyumweru dusoje, u Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo zafashe umujyi wa Serhiivka.

Ibi byanatumye izi ngabo z’u Burusiya zirushaho kwegera umujyi wa Pokrvsk, ihuriro ry’ingenzi cyane ry’ibikoresho riri ku muhanda munini unyuzwamo ibikoresho by’ingabo za Ukraine mu rugamba rwo mu Burasirazuba.

Kimweho kandi Ingabo za Ukraine nazo zikomeje gutera intambwe zinjira mu gihugu imbere mu gihugu cy’u Burusiya aho ziherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Gusa, ntacyo perezida Vladimir Putin aratangaza kuva igisirikare cya Ukraine giteye iki gihugu cye, usibye ko aherutse kuvuga ko ari kurwana na NATO. Ku munsi w’ejo hashize uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yakoresheje inama y’abayobozi bakuru b’ingabo z’igihugu cye, ariko ntacyo kiratangazwa ku cyo yaba yaravuze ku ngabo za Ukraine zateye iki gihugu.

Ariko amakuru avuga ko ingabo z’u Burusiya ko zikomeje kongera ibitero muri Ukraine kandi ahanini zibigaba ku bigo by’ingufu.

Ndetse kandi igihugu cya Beyelorusiya kizwhiho kuba inshuti yakataraboneka n’u Burusiya, cyoherereje ingabo nyinshi ku mupaka wa Ukraine aho abasirikare ba Ukraine baciye binjira m’u Burusiya kandi u Burusiya bukaba bumaze iminsi bwimura abaturage babwo muri kariya karere kegereye ahari kubera imirwano.

Ibyo bikaba bivuzwe mu gihe kandi Ukraine ikomeje kwinubira ko umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi uri kwanga kongera ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga biza muri Ukraine.

          MCN.
Tags: IbyagoU BurusiyaUkraine
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Havuzwe amakuru mashya y'igipolisi cy'u Rwanda ajanye n'imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?