Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na komiseri w’u Burayi ushinzwe iby’ingufu, Kadri Simson, aho yavuze ko igihugu cya Ukraine kigiye guhura n’ikibazo cy’imbeho idasanzwe nyuma y’ibitero bikaze by’ingabo z’u Burusiya biri kugabwa ku bigo bitanga amashanyarazi, n’ibindi.

Muri iki kiganiro, bwana Kadri yahaye igitangaza makuru cya Financial Times, yagize ati: “Biteganijwe ko nyuma y’ibitero by’ingabo z’u Burusiya ku bigo by’ingufu z’igihugu cya Ukraine, hateganijwe ko iki igihugu kizahura n’imbeho itoroshye kuva ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe byatangira.”

Ni mu gihe ingabo z’u Burusiya zikomeje kuja imbere zihereye mu Burasirazuba bwa Ukraine.

Mu mpera z’i Cyumweru dusoje, u Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo zafashe umujyi wa Serhiivka.

Ibi byanatumye izi ngabo z’u Burusiya zirushaho kwegera umujyi wa Pokrvsk, ihuriro ry’ingenzi cyane ry’ibikoresho riri ku muhanda munini unyuzwamo ibikoresho by’ingabo za Ukraine mu rugamba rwo mu Burasirazuba.

Kimweho kandi Ingabo za Ukraine nazo zikomeje gutera intambwe zinjira mu gihugu imbere mu gihugu cy’u Burusiya aho ziherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Gusa, ntacyo perezida Vladimir Putin aratangaza kuva igisirikare cya Ukraine giteye iki gihugu cye, usibye ko aherutse kuvuga ko ari kurwana na NATO. Ku munsi w’ejo hashize uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yakoresheje inama y’abayobozi bakuru b’ingabo z’igihugu cye, ariko ntacyo kiratangazwa ku cyo yaba yaravuze ku ngabo za Ukraine zateye iki gihugu.

Ariko amakuru avuga ko ingabo z’u Burusiya ko zikomeje kongera ibitero muri Ukraine kandi ahanini zibigaba ku bigo by’ingufu.

Ndetse kandi igihugu cya Beyelorusiya kizwhiho kuba inshuti yakataraboneka n’u Burusiya, cyoherereje ingabo nyinshi ku mupaka wa Ukraine aho abasirikare ba Ukraine baciye binjira m’u Burusiya kandi u Burusiya bukaba bumaze iminsi bwimura abaturage babwo muri kariya karere kegereye ahari kubera imirwano.

Ibyo bikaba bivuzwe mu gihe kandi Ukraine ikomeje kwinubira ko umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi uri kwanga kongera ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga biza muri Ukraine.

          MCN.
Tags: IbyagoU BurusiyaUkraine
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Havuzwe amakuru mashya y'igipolisi cy'u Rwanda ajanye n'imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?