Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zaraye ziguye muri Ambush y’ingabo za M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibyaraye bibaye mu masaha yo ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 28/01/2024, aho abasirikare benshi bo mu ngabo z’u Burundi baguye muri Ambush, aba barirwa muri 27 bahasize ubuzima, abandi benshi bafatwa amatekwa, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 ya byemereye MCN.

Bya vuzwe ko bariya basirikare b’u Burundi bavaga Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bagana i Sake, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bari batabaye(Masada), ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ku rwanya M23.

Ninyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize, hari hatanzwe andi makuru ko u Burundi bwapfushije abasirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bakabakaba 472, hakomereka abandi barenga 131, abandi bafatwa mpiri. Aba baguye mu mirwano yo kw’itariki ya 25 na 27 z’uku kwezi kwa Mbere, umwaka w’ 2024, mu ntambara yari yabereye k’u musozi wa Muremure no mu nkengero za Mweso, mu bice bya Ishasha.

Gusa hakaba harandi makuru yatanzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi avuga ko hoba harapfuye abasirikare bose bagize Batoyo ya Karindwi, yo mu ngabo za TAFOC, nabo bari baheruka kuva mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Batayo y’ingabo z’u Burundi igizwe n’abasirikare 650.

Agace neza bivugwa ko ziriya ngabo z’u Burundi zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu bice byo muri Komine ya Minembwe, zikaza kugwa muri Ambush, mugihe bari bamaze kurenga Minova, gaherereye mu misozi ya Muremure, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibyago byongeye gushikira Ingabo z'u BurundiMasada mu Ntara ya Kivu y'Amajyarugumuri Kivu yamajy'EpfoZavaga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n'ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n'icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?