• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zaraye ziguye muri Ambush y’ingabo za M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’ibyaraye bibaye mu masaha yo ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 28/01/2024, aho abasirikare benshi bo mu ngabo z’u Burundi baguye muri Ambush, aba barirwa muri 27 bahasize ubuzima, abandi benshi bafatwa amatekwa, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 ya byemereye MCN.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Bya vuzwe ko bariya basirikare b’u Burundi bavaga Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bagana i Sake, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bari batabaye(Masada), ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ku rwanya M23.

Ninyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize, hari hatanzwe andi makuru ko u Burundi bwapfushije abasirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bakabakaba 472, hakomereka abandi barenga 131, abandi bafatwa mpiri. Aba baguye mu mirwano yo kw’itariki ya 25 na 27 z’uku kwezi kwa Mbere, umwaka w’ 2024, mu ntambara yari yabereye k’u musozi wa Muremure no mu nkengero za Mweso, mu bice bya Ishasha.

Gusa hakaba harandi makuru yatanzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi avuga ko hoba harapfuye abasirikare bose bagize Batoyo ya Karindwi, yo mu ngabo za TAFOC, nabo bari baheruka kuva mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Batayo y’ingabo z’u Burundi igizwe n’abasirikare 650.

Agace neza bivugwa ko ziriya ngabo z’u Burundi zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu bice byo muri Komine ya Minembwe, zikaza kugwa muri Ambush, mugihe bari bamaze kurenga Minova, gaherereye mu misozi ya Muremure, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibyago byongeye gushikira Ingabo z'u BurundiMasada mu Ntara ya Kivu y'Amajyarugumuri Kivu yamajy'EpfoZavaga

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n'ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n'icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)
  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?