Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 8, 2024
in World News
3
Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umushinja cyaha wihariye wari warashyizweho ngo agenze ibyaha bishinjwa Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari mu biganiro n’urwego rushinzwe ubutabera muri Amerika, mu rwego rwo kugira ngo higwe uko bohagarika dosiye y’ibyaha bwana Donald Trump yashinjwaga.

Uyu mushinjacyaha yitwa Jack Simith, ibyaha ashaka ko bihagarikwa ni ibishobora ku mufungisha birimo icyo kubangamira amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’umwe mu 2020 ndetse no gufata nabi inyandiko zirimo amabanga y’igihugu.

Bwana Donald Trump yatangiye kubishinjwa ubwo Jack Simith yashyirwagaho na Leta ya Joe Biden urimo yitegura kuva muri White House.

Byanatangajwe ko amakuru ahari ari ay’uko ayo madosiye ashobora guhagarikwa kubera ko bihabanye n’itegeko nshinga rya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuburanisha perezida uri ku butegetsi.

Ikindi n’uko bigoye kuburanisha perezida uriho bikaba byanagabanya ububasha bwe mu gufata ibyemezo, kandi itegeko nshinga rimuha ubudahangarwa.

Byari bisanzwe biteganijwe ko Trump namara kujya ku butegetsi tariki ya 20/01/2025 azahita asaba urwego rushinzwe ubutabera rugahagarika iyo dosiye.

Trump n’abamushigikiye bagiye bumvikana bavuga ko gukurikiranwa mu nkiko kwe, byihishwe inyuma n’abatarashakaga ko yongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko igitangaje birangiye yongeye gutorerwa kuba umukuru w’iki gihugu cy’igihangange.

Tags: AmerikaIbyahaTrump
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n'Abanyafrika.

Comments 3

  1. Nshimiye says:
    7 months ago

    Afashe mukirindi, ninde wafata mubugi kubushake 😂😂

  2. Nshimiye says:
    7 months ago

    Trump afashe ikirindi, ninde wafata ubugi kubushake 😂😂😂

  3. Ensuent says:
    7 months ago

    In our study we used a specific agonist to activate ERОІ expression, DPN priligy for pe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?