Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 8, 2024
in World News
3
Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Umushinja cyaha wihariye wari warashyizweho ngo agenze ibyaha bishinjwa Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari mu biganiro n’urwego rushinzwe ubutabera muri Amerika, mu rwego rwo kugira ngo higwe uko bohagarika dosiye y’ibyaha bwana Donald Trump yashinjwaga.

Uyu mushinjacyaha yitwa Jack Simith, ibyaha ashaka ko bihagarikwa ni ibishobora ku mufungisha birimo icyo kubangamira amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’umwe mu 2020 ndetse no gufata nabi inyandiko zirimo amabanga y’igihugu.

Bwana Donald Trump yatangiye kubishinjwa ubwo Jack Simith yashyirwagaho na Leta ya Joe Biden urimo yitegura kuva muri White House.

Byanatangajwe ko amakuru ahari ari ay’uko ayo madosiye ashobora guhagarikwa kubera ko bihabanye n’itegeko nshinga rya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuburanisha perezida uri ku butegetsi.

Ikindi n’uko bigoye kuburanisha perezida uriho bikaba byanagabanya ububasha bwe mu gufata ibyemezo, kandi itegeko nshinga rimuha ubudahangarwa.

Byari bisanzwe biteganijwe ko Trump namara kujya ku butegetsi tariki ya 20/01/2025 azahita asaba urwego rushinzwe ubutabera rugahagarika iyo dosiye.

Trump n’abamushigikiye bagiye bumvikana bavuga ko gukurikiranwa mu nkiko kwe, byihishwe inyuma n’abatarashakaga ko yongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko igitangaje birangiye yongeye gutorerwa kuba umukuru w’iki gihugu cy’igihangange.

Tags: AmerikaIbyahaTrump
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n'Abanyafrika.

Comments 3

  1. Nshimiye says:
    9 months ago

    Afashe mukirindi, ninde wafata mubugi kubushake 😂😂

  2. Nshimiye says:
    9 months ago

    Trump afashe ikirindi, ninde wafata ubugi kubushake 😂😂😂

  3. Ensuent says:
    8 months ago

    In our study we used a specific agonist to activate ERОІ expression, DPN priligy for pe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?