• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2024
in World News
3
Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

You might also like

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Umushinja cyaha wihariye wari warashyizweho ngo agenze ibyaha bishinjwa Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari mu biganiro n’urwego rushinzwe ubutabera muri Amerika, mu rwego rwo kugira ngo higwe uko bohagarika dosiye y’ibyaha bwana Donald Trump yashinjwaga.

Uyu mushinjacyaha yitwa Jack Simith, ibyaha ashaka ko bihagarikwa ni ibishobora ku mufungisha birimo icyo kubangamira amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’umwe mu 2020 ndetse no gufata nabi inyandiko zirimo amabanga y’igihugu.

Bwana Donald Trump yatangiye kubishinjwa ubwo Jack Simith yashyirwagaho na Leta ya Joe Biden urimo yitegura kuva muri White House.

Byanatangajwe ko amakuru ahari ari ay’uko ayo madosiye ashobora guhagarikwa kubera ko bihabanye n’itegeko nshinga rya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuburanisha perezida uri ku butegetsi.

Ikindi n’uko bigoye kuburanisha perezida uriho bikaba byanagabanya ububasha bwe mu gufata ibyemezo, kandi itegeko nshinga rimuha ubudahangarwa.

Byari bisanzwe biteganijwe ko Trump namara kujya ku butegetsi tariki ya 20/01/2025 azahita asaba urwego rushinzwe ubutabera rugahagarika iyo dosiye.

Trump n’abamushigikiye bagiye bumvikana bavuga ko gukurikiranwa mu nkiko kwe, byihishwe inyuma n’abatarashakaga ko yongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko igitangaje birangiye yongeye gutorerwa kuba umukuru w’iki gihugu cy’igihangange.

Tags: AmerikaIbyahaTrump
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails
Next Post
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n'Abanyafrika.

Comments 3

  1. Nshimiye says:
    10 months ago

    Afashe mukirindi, ninde wafata mubugi kubushake 😂😂

  2. Nshimiye says:
    10 months ago

    Trump afashe ikirindi, ninde wafata ubugi kubushake 😂😂😂

  3. Ensuent says:
    10 months ago

    In our study we used a specific agonist to activate ERОІ expression, DPN priligy for pe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?