• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2024
in World News
3
Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaha Donald Trump yashinjwaga, hamenyekanye ikigiye kubikorwaho.

Umushinja cyaha wihariye wari warashyizweho ngo agenze ibyaha bishinjwa Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari mu biganiro n’urwego rushinzwe ubutabera muri Amerika, mu rwego rwo kugira ngo higwe uko bohagarika dosiye y’ibyaha bwana Donald Trump yashinjwaga.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Uyu mushinjacyaha yitwa Jack Simith, ibyaha ashaka ko bihagarikwa ni ibishobora ku mufungisha birimo icyo kubangamira amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’umwe mu 2020 ndetse no gufata nabi inyandiko zirimo amabanga y’igihugu.

Bwana Donald Trump yatangiye kubishinjwa ubwo Jack Simith yashyirwagaho na Leta ya Joe Biden urimo yitegura kuva muri White House.

Byanatangajwe ko amakuru ahari ari ay’uko ayo madosiye ashobora guhagarikwa kubera ko bihabanye n’itegeko nshinga rya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuburanisha perezida uri ku butegetsi.

Ikindi n’uko bigoye kuburanisha perezida uriho bikaba byanagabanya ububasha bwe mu gufata ibyemezo, kandi itegeko nshinga rimuha ubudahangarwa.

Byari bisanzwe biteganijwe ko Trump namara kujya ku butegetsi tariki ya 20/01/2025 azahita asaba urwego rushinzwe ubutabera rugahagarika iyo dosiye.

Trump n’abamushigikiye bagiye bumvikana bavuga ko gukurikiranwa mu nkiko kwe, byihishwe inyuma n’abatarashakaga ko yongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko igitangaje birangiye yongeye gutorerwa kuba umukuru w’iki gihugu cy’igihangange.

Tags: AmerikaIbyahaTrump

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n’Abanyafrika.

U Bwongereza bwafatiye ibihano bikakaye abafasha u Burusiya barimo n'Abanyafrika.

Comments 3

  1. Nshimiye says:
    2 years ago

    Afashe mukirindi, ninde wafata mubugi kubushake 😂😂

  2. Nshimiye says:
    2 years ago

    Trump afashe ikirindi, ninde wafata ubugi kubushake 😂😂😂

  3. Ensuent says:
    2 years ago

    In our study we used a specific agonist to activate ERОІ expression, DPN priligy for pe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?