• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibyaha Leta ya Kinshasa iri gukora byo mu ntambara byashyizwe ku karubanda.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2025
in Uncategorized
0
Tshisekedi n’ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyaha Leta ya Kinshasa iri gukora byo mu ntambara byashyizwe ku karubanda.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Umutwe wa M23 washyize hanze ibirego bishinja ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho wagaragaje ko ry’ica abasivile no gusenya ibikorwa remezo birimo amashuli n’insegero; byose bigize ibyaha byo mu ntambara.

Binyuze mu muvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ibi byabereye mu bitero by’indege ihuriro ry’Ingabo za RDC ryagabye mu bice bituwe cyane byo muri grupema ya Kibumba muri teritware ya Nyiragongo, avuga ko byahawe izina rya ‘Caterpillar 2.’

Yagize ati: “Tariki ya 12/01/2025, ihuriro ry’Ingabo za Congo ryagabye ibitero by’indege z’intambara na kajugujugu mu bice byo muri Grupema ya Kibumba. Hasenywe ingo n’imitungo y’abaturage. Hapfuye abantu bakuru barindwi. Abasivile umunani barakomeretse bikomeye.”

Umuvugizi wa M23 kandi yasobanuye ko ingabo za FARDC n’abambari bayo bangije umuyoboro w’umuriro w’amashanyarazi usanzwe wifashishwa n’abatuye mu mujyi wa Goma, bishyira ubuzima bw’abaturage mu kaga.

Umukuru w’umutwe wa M23, Berterand Bisimwa, yatangaje ko inzirakarengane ziri gupfira mu mazu, mu bigo by’amashuri no mu nsengero kandi ko insengero n’amashuri biri gusenywa n’ibitero ndetse n’iri huriro rigizwe n’ingabo za FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi, Wazalendo n’abacanshuro.

Perezida Bisimwa yagize ati: “Kwerekana imbaraga bikwiye kugaragarizwa ku rugamba, aho kuba kunzira karengane zidafite imbunda. Ni ngombwa kwibutsa Leta ya Congo ko nta mpamvu n’imwe yasobanura ibi bikorwa byibasira abaturage.”

Itegeko mpuzamahanga rigenga intambara ribuza impande zihanganye kugaba ibitero ku basivile badafite imbunda. Iyo hagize ubirengaho, akurikiranwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, ruherereye i La Haye mu Buholandi.

Perezida Bisimwa yateguje kandi umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi n’ihuriro ry’Ingabo za RDC kwitegura kuzabazwa ibi byaha bakomeje gukorera abasivile bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ku ruhande rwa M23, umuvugizi wayo, yatangaje ko izakomeza kurinda abaturage n’ibice igenzura. Anasaba kandi abaturage kudaha agaciro ibinyoma bikomeje gukwirakwizwa na Leta ya Kinshasa.

Tags: FardcIbyaha byo mu ntambara
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.

Muri Lubero imirwano ikaze yongeye kubura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?