• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Lubero imirwano ikaze yongeye kubura.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Lubero imirwano ikaze yongeye kubura.

You might also like

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 14/01/2025 muri teritware ya Lubero nyuma y’iminsi itari mike hatuje.

Nk’uko amakuru aturuka muri iyi teritware ya Lubero abitangaza imirwano ikomeye yabereye mu mavillages aherereye mu majy’epfo y’iyi teritware nka hitwa Kamandi Gite n’ahandi.

Amakuru y’ibanze yo ahamya ko iyo mirwano yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta muri ako gace kavuzwe haruguru yatangiye igihe c’isaha ya saa tatu z’ijoro ryaraye rikeye.

Usibye kuba iyi mirwano yaratangiriye mu gace ka Kamandi Gite yanabereye kandi ahitwa i Kibanda, mu birometero nka 60 uvuye muri centre ya Lubero. Aya makuru avuga ko habaye iturika ridasanzwe ry’intwaro aho harimo humvikana n’ibibomba bikomeye bitera umushitsi ku butaka.

Ibi biturika kandi byumvikanye no murukerera rwo kuri uyu wa gatatu i Kayna na Kirumba byo muri iyi teritwari ya Lubero.

Ahandi havuzwe imirwano iremereye ni ahitwa Luofu no mutundi duce duherereye mu byaro bya Kirumba.

Ibyaya makuru byemejwe kandi n’inzego zishinzwe umutekano muri ibyo bice, ndetse zinahamya ko umutwe wa M23 wakomeje ibirindiro byawo ndetse unagira n’utundi duce wigarurira muri utwo twabereyemo imirwano.

Tags: FardcImirwanoLuberoM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu Guverinoma y’u Bubiligi yagaragaje impungenge zikomeye nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi Mu mateka y’ubukungu bw’isi, ku nshuro ya mbere habonetse umuntu ku...

Read moreDetails

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere Mu gihe impaka zikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bijyanye...

Read moreDetails

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC La capitale de la République démocratique du Congo (RDC), Kinshasa, s’est réveillée ce vendredi...

Read moreDetails

Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC

Rwanda Strongly Rejects HRW Report, Calls for an Impartial Assessment of the Conflict in the DRC As insecurity in the eastern part of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.

Muri Lubero imirwano ikaze yongeye kubura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?