• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in World News
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

You might also like

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere umukono ku masezerano y’amahoro hagati yabyo byombi.

Uyu mutwe wa Hamas ukorera i Gaza hagenzurwa na Palestine.

Amakuru akavuga ko kuri uyu wa mbere tariki ya 13/10/2025, uyu mutwe wa Hamas na Leta ya Israel birasinyana amasezerano y’amahoro i Sharm muri Misiri.

Bikavugwa ko umuhango wisinywa ry’ay’amasezerano urayoborwa na perezida wa Misiri wakira iyi nama, akaba aza gufatanya na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kuko ari we wazanye uyu mushinga wo guhuza Israel na Hamas.

Ni umuhango biteganyijwe ko kandi witabirwa n’abakuru bihugu barenga 20, kuko n’amabendera y’ibihugu byabo yamaze kuzamurwa muri kariya gace kakira aba bashitsi.

Abamaze kumenyekana ba witabira ni perezida Donald Trump wa Amerika, perezida wa Turukiya, Recep Yayyip Erdogan, Emir wa Qatar, Umwami wa Jordan Abdullah II, minisitiri w’intebe wa Koweti Ahmad Al Abdullah Al Sabah, Umwami wa Bahrain, Hamad Bin Isa Al Khalifa, perezida wa Palestine Mahmoud Abbas.

Harimo kandi perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Giorgio Meloni, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres n’abandi benshi.

Tariki ya 07/10/2023, nibwo Hamas yakoze igitero gikaze cyo mu kirere ku butaka bwa Israel, kigwamo abantu babarirwa mu bihumbi 3, mu gihe abandi barenga 250 bagishimutiwemo ndetse n’abandi benshi bagikomerekeramo.

Israel kuva ubwo yahise itangiza ibitero kuri uyu mutwe wa Hamas, abarenga ibihumbi 67 bakaba bamaze guhitanwa nabyo muri Gaza aho uwo mutwe ucyumbikiwe, ndetse kandi n’uyu mujyi urasenywa hafi ya wose.

Kubera iyi nama iri businyirwemo aya masezerano haratekerezwa ko intambara ishobora guhita ihagarara burundu binyuze muri uyu mushinga w’amahoro wateguwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni mu gihe kandi no ku wa gatandatu hatewe intambwe Israel itangaza ko ihagaritse ibikorwa bya gisirikare kuri Hamas.

Uyu munsi kandi Israel biteganyijwe ko yakira abaturage bayo bari baragizwe imbohe na Hamas.

Israel nayo ikaba iri burekure imfungwa z’Abanya-Palestine 1700 barimo 2500 bari barakatiwe igifungo cya burundu.

Tags: HamasIsraelMisiriSharm
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/11/2025, mu ruzinduko...

Read moreDetails

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka Mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, habaye iturika rikomeye ryibisasu ryahitanye abantu 12, abandi 20 barakomereka, nk’uko...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?