• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in World News
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere umukono ku masezerano y’amahoro hagati yabyo byombi.

Uyu mutwe wa Hamas ukorera i Gaza hagenzurwa na Palestine.

Amakuru akavuga ko kuri uyu wa mbere tariki ya 13/10/2025, uyu mutwe wa Hamas na Leta ya Israel birasinyana amasezerano y’amahoro i Sharm muri Misiri.

Bikavugwa ko umuhango wisinywa ry’ay’amasezerano urayoborwa na perezida wa Misiri wakira iyi nama, akaba aza gufatanya na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kuko ari we wazanye uyu mushinga wo guhuza Israel na Hamas.

Ni umuhango biteganyijwe ko kandi witabirwa n’abakuru bihugu barenga 20, kuko n’amabendera y’ibihugu byabo yamaze kuzamurwa muri kariya gace kakira aba bashitsi.

Abamaze kumenyekana ba witabira ni perezida Donald Trump wa Amerika, perezida wa Turukiya, Recep Yayyip Erdogan, Emir wa Qatar, Umwami wa Jordan Abdullah II, minisitiri w’intebe wa Koweti Ahmad Al Abdullah Al Sabah, Umwami wa Bahrain, Hamad Bin Isa Al Khalifa, perezida wa Palestine Mahmoud Abbas.

Harimo kandi perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Giorgio Meloni, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres n’abandi benshi.

Tariki ya 07/10/2023, nibwo Hamas yakoze igitero gikaze cyo mu kirere ku butaka bwa Israel, kigwamo abantu babarirwa mu bihumbi 3, mu gihe abandi barenga 250 bagishimutiwemo ndetse n’abandi benshi bagikomerekeramo.

Israel kuva ubwo yahise itangiza ibitero kuri uyu mutwe wa Hamas, abarenga ibihumbi 67 bakaba bamaze guhitanwa nabyo muri Gaza aho uwo mutwe ucyumbikiwe, ndetse kandi n’uyu mujyi urasenywa hafi ya wose.

Kubera iyi nama iri businyirwemo aya masezerano haratekerezwa ko intambara ishobora guhita ihagarara burundu binyuze muri uyu mushinga w’amahoro wateguwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni mu gihe kandi no ku wa gatandatu hatewe intambwe Israel itangaza ko ihagaritse ibikorwa bya gisirikare kuri Hamas.

Uyu munsi kandi Israel biteganyijwe ko yakira abaturage bayo bari baragizwe imbohe na Hamas.

Israel nayo ikaba iri burekure imfungwa z’Abanya-Palestine 1700 barimo 2500 bari barakatiwe igifungo cya burundu.

Tags: HamasIsraelMisiriSharm
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?