• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’ibitero Wazalendo bagabye ku birindiro bya AFC/M23

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Conflict & Security
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ibitero Wazalendo bagabye ku birindiro bya AFC/M23

You might also like

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

Ihuriro ry’abarwanyi ba Wazalendo rifatanya n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa AFC/M23, ryagabye ibitero bikaze ku birindiro by’uyu mutwe mu gace gaherereye muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, uyu mutwe ubisubiza inyuma.

Ibi bitero iri huriro rya Wazalendo ryabikoze ku munsi wo ku wa gatandatu no ku cyumweru tariki ya 14/09/2025.

Amakuru avuga ko ibyo bitero byagabwe mu duce two muri grupema ya Lubereke, muri teritware ya Walikale.

Nk’uko aya makuru abisobanura n’uko nk’umunsi wose wo ku wa gatandatu waranzwe n’imirwano gusa.

Agace kibasiwe cyane karimo ibirindiro bya AFC/M23 ni aka Bueni. Aka gace kari ku mupaka uhuza grupema za Lubereke na Waloa Yangu.

Amakuru akomeza avuga muri utwo duce twumvikanyemo intwaro ziremereye n’izoroheje, aho zakoreshejwe n’impande zombi.

Iyi mirwano yongeye kuremera mu rukerera rwo ku cyumweru, ariko AFC/M23 yongera abasirikare bayo maze uruhande bahanganye rukwira imishwaro.

Kugeza ubu AFC/M23 iracyagenzura utwo duce ndetse n’inkengero zatwo.

Tags: AFC/m23IbiteroWalikaleWazalendo
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails

Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Iby'ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, iwe na bamushyigikiye bashyinze ihuriro rishya rifite intego yo gukiza iki gihugu cyabo....

Read moreDetails
Next Post
Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?