Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Iby’ibizamini bigiye gukorerwa mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2025
in History
0
Iby’ibizamini bigiye gukorerwa mu Minembwe.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ibizamini bigiye gukorerwa mu Minembwe.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Mu Minembwe igice kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, Leta y’i Kinshasa yemeye ko gikorerwamo ibizamini bizwi nka dissertation bikorwa n’abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye.

Aha’rejo ku wa gatandatu tariki ya 31/05/2025, ni bwo uwazanye ibi bizamini yageze muri Minembwe aturutse i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rw’i gihugu.

Umutangabuhamya yagize ati: “Ibizamini bizwi nka dissertation uwabizanye yageze hano mu Minembwe igihe c’isaha ya saa saba z’amanywa kuri uyu wa gatandatu.”

Nk’uko amakuru abivuga uwazanye ibi bizamini yinutse i Uvira azamuka umuhanda wa Uvira -Baraka na Fizi, akomeza iya maguru anyuze kwa Mulima na Mukoko niko kwinjira muri Minembwe centre.

Ibi bizamini bizakorerwa ku ishuri rya Ugeafi rizwi nka Cosim(Complexe scolaire isoko de Minembwe). Ni ishuri ry’ubatse hafi n’inkombe y’umugezi wa Minembwe ku Runundu mu gice cyerekeza i Lundu no mu Bidegu kwa chef Rufayeri.

Biteganyijwe ko ibi bizamini bizatangira gukorwa ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/2025, aho bizitabirwa n’abanyeshuri bazaturuka mu bigo bitandukanye biri aha mu Minembwe no mu Mikenke.

Hagataho, mu Bibogobogo ni ho abanyeshuri byanze ko bakora ibi bizamini ku mpamvu z’umutekano wabo.

Bibogobogo ni agace gaherereye mu ntera ibarirwa mu birometero nka 73 uvuye muri Minembwe centre. Byari bizwi ko aba banyeshuri bo muri aka gace bakorera ibizamini i Baraka kuko bari hafi yayo, ariko Wazalendo bahagenzura banze ko bazabyitabira ngo kubera ko ari Abanyamulenge.

Mu gihe ibizamini bisigaje umunsi umwe bigakorwa mu gihugu hose, ntacyo ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zigenzura iki gice cya Bibogobogo zirabivugaho. Igitangaje iki kibazo ubuyobozi bw’ibanze bw’amashuri ya Bibogobogo bwa kibagejejeho.

Tags: DissertationIbizaminiMinembweUgaeafi
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?