Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’igitero bivugwa ko gishobora kugabwa mu Minembwe ejo ku wa 6.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’ibitero by’ejo ku wagatandatu FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bagabye mu Banyamulenge.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero bivugwa ko gishobora kugabwa mu Minembwe ejo ku wa 6.

You might also like

Ingabo za RDC zacitse intege.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ava mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko i Lulenge muri teritware ya Fizi hinutse igitero cy’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo, kandi ko kigambiriye gutera aha mu Minembwe ku munsi w’ejo ku wa gatandatu.

Aya makuru yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/04/2025, aho ahamya ko i Nyamulombwe hagaragaye Wazalendo benshi kandi ko baje kugaba ibitero mu mihana iherereye mu bice byo muri komine ya Minembwe.

Ni amakuru kandi agaragaza ko bariya Wazalendo bageze i Nyamulombwe baturutse mu Kabanju ho muri secteur ya Lulenge.

I Nyamulombwe ho hakaba ha herereye hakurya y’uruzi runini rwa Rwiko, ubwo ni hagati ya Kabingo mu Minembwe no mu Rugezi ahahoze hatuwe n’Abanyamulenge benshi, ku bw’intambara zayogoje aka karere barahahunga.

Kurundi ruhande uyu munsi ku wa kane mu Minembwe hiriwe ituze, ndetse kandi n’u munsi w’ejo ku wa gatatu nta mirwano yabaye muri iki gice.

Kuko imirwano iheruka mu nkengero za centre ya Minembwe ku wa kabiri aho yabereye kwa Mulima no muri Mukoko, ni mu gihe kandi yanabaye ku wa mbere muri iki cyumweru, ibera hafi y’i Gakangala.

Minembwe Capital News yamenye ko ibyo bitero byose ni Wazalendo babigabaga ku Banyamulenge, ariko byose umutwe wa Twirwaneho ubarwanirira ukabisubiza inyuma.

Nyamara nubwo uruhande rurwanirira Leta y’i Kinshasa rukomeza kugaba ibitero ku Banyamulenge mu Minembwe, ariko kuva umutwe wa Twirwaneho wabohoza iki gice, cyarushijeho kuba cyiza kuko ibikorwa byose bigenda neza, ahanini ku bijyanye n’ubuhinzi, umutekano, ndetse no mu bindi bikorwa bitandukanye birimo ko n’amashuri y’isumbuye n’abanza yahise atangira kwiga nta kavuyo, nkakarigasanzwe kayabaho igihe harebwaga n’ingabo za Leta.

Tags: IgiteroNyamulombweWazalendo
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za RDC zacitse intege.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Ingabo za RDC zacitse intege. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho...

Read moreDetails

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Hatangajwe igikorwa kibi gishobora gukorwa n’abagore ba basirikare, ndetse n’abasirikare ubwabo muri RDC.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka? Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bahawe itegeko rishya rigiye gutuma nta musore uzongera gutekereza kwinjira muri iki gisirikare....

Read moreDetails

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), ribarizwamo abo mu mutwe wa M23 n'abo mu wa Twirwaneho, bafashe agace...

Read moreDetails

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yagize icyo yizeza ku gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa RDC.

Amerika yagize icyo yizeza ku gukemura amakimbirane y'intambara mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?