• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku biganiro byahuje Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, mu misozi miremire y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku biganiro byahuje Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, mu misozi miremire y’Imulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hitezwe amahoro mu misozi y’Imulenge, nyuma y’ibiganiro byahuje Twirwaneho na Bishambuke.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ibi bikubiye mu butumwa bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu mpera z’iki Cyumweru dusoje habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje Twirwaneho na Maï Maï, byari bigamije kuzana amahoro hagati y’Abanyamulenge na Bapfulero.

Umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï Bishambuke ugizwe ahanini n’insoresore zo mu bwoko bwa’Abapfulero n’Abanyindu, mu gihe Twirwaneho yo igizwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ubu butumwa buvuga ko ahagana tariki ya 13/07/2024, ibiganiro byanyuma byarimo bihuza Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, byabereye ku gasozi kari hagati ya Buyaga na Kivumu, aha ni mu bice byo muri Musika.

Mu gihe ibya mbere byo byabaye tariki ya 10/07/2024, bibera mu bice biherereye hagati ya Biziba na Kabanju, ho mu majyepfo ashira uburenganzuba bwa Komine ya Minembwe.

Nk’uko byavuzwe n’uko ibyo biganiro byose byari bifite intego imwe yo kurebera hamwe uko intambara yari hagati y’Abapfulero n’Abanyamulenge ihagarara burundu, ndetse no kongera kubana nk’uko byahoze kuva kera.

Mu ntangiriro z’ukwezi turimo, nibwo Abapfulero batangiye gusaba ubuyobozi bwa Twirwaneho buri mu Minembwe gukorana nabo imishyikirano, ibi babikoraga bakoresheje inzandiko, bakavuga ko bashaka kugira amahoro n’ubu bwoko bw’Abanyamulenge, ubwo bakunze kugabaho ibitero no kunyaga Inka zabo, udasize kubica no kubasenyera imihana yabo.

Kimweho ibi Abapfulero babikoze nyuma y’uko bari bamaze gukorogana n’Ababembe, ndetse bakaba bamaze kurwana intambara zo gusubiranamo inshuro zirenga zitatu hagati yabo mu gihe bahoze barwanira hamwe bakarwanya Abanyamulenge.

Kandi gusubiranamo kwa Maï Maï y’Ababembe n’Abapfulero byabanjirije ko basubiranamo na Red Tabara umutwe witwara gisirikare urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, ariko ukaba wari warahawe icyumbi mu bice bituwe n’Abapfulero na Banyindu mu Lulenge ho muri teritwari ya Fizi.

Uyu mutwe wa Red Tabara ukaba warahoze ufashya iriya mitwe y’itwaje imbunda y’Abapfulero n’Ababembe gusenyera Abanyamulenge no kubica no kunyaga Inka zabo. Ibyo byabaye mu mu Minembwe no mu Rurambo ndetse n’i Ndondo ya Bijombo.

Aha rero niho abasesenguzi bavuga ko “ahari Bishambuke yaba imaze kurambirwa n’intambara zurudaca, kandi gusubiranamo kwabo n’Ababembe abo bari basanzwe arinshuti yakataraboneka byabaciye intege, ariko bakaba bashaka ko bafatanya n’Abanyamulenge ku rwanya Ababembe.”

Kimweho kandi aba basesenguzi bakaba bavuga ko “Ingabo za leta ya Kinshasa ko zigiye gukoresha Maï Maï ya Yakutumba ku rwanya Twirwaneho na Bishambuke, mu gihe boramuka bemeranyije kubana amahoro.”

Tubibutsa ko intambara hagati y’Abanyamulenge na Bapfulero yatangiye mu mwaka w’ 2008, ariko bigeze mu 2017 bifata indi ntera kugeza ubu.

            MCN.
Tags: BishambukeIbyimbitseikiganiroMu Misozi miremire y'ImulengeTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.

Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y'Epfo, wishe abantu batari bake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?