• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku biganiro byahuje Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, mu misozi miremire y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku biganiro byahuje Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, mu misozi miremire y’Imulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hitezwe amahoro mu misozi y’Imulenge, nyuma y’ibiganiro byahuje Twirwaneho na Bishambuke.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ibi bikubiye mu butumwa bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu mpera z’iki Cyumweru dusoje habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje Twirwaneho na Maï Maï, byari bigamije kuzana amahoro hagati y’Abanyamulenge na Bapfulero.

Umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï Bishambuke ugizwe ahanini n’insoresore zo mu bwoko bwa’Abapfulero n’Abanyindu, mu gihe Twirwaneho yo igizwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ubu butumwa buvuga ko ahagana tariki ya 13/07/2024, ibiganiro byanyuma byarimo bihuza Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke, byabereye ku gasozi kari hagati ya Buyaga na Kivumu, aha ni mu bice byo muri Musika.

Mu gihe ibya mbere byo byabaye tariki ya 10/07/2024, bibera mu bice biherereye hagati ya Biziba na Kabanju, ho mu majyepfo ashira uburenganzuba bwa Komine ya Minembwe.

Nk’uko byavuzwe n’uko ibyo biganiro byose byari bifite intego imwe yo kurebera hamwe uko intambara yari hagati y’Abapfulero n’Abanyamulenge ihagarara burundu, ndetse no kongera kubana nk’uko byahoze kuva kera.

Mu ntangiriro z’ukwezi turimo, nibwo Abapfulero batangiye gusaba ubuyobozi bwa Twirwaneho buri mu Minembwe gukorana nabo imishyikirano, ibi babikoraga bakoresheje inzandiko, bakavuga ko bashaka kugira amahoro n’ubu bwoko bw’Abanyamulenge, ubwo bakunze kugabaho ibitero no kunyaga Inka zabo, udasize kubica no kubasenyera imihana yabo.

Kimweho ibi Abapfulero babikoze nyuma y’uko bari bamaze gukorogana n’Ababembe, ndetse bakaba bamaze kurwana intambara zo gusubiranamo inshuro zirenga zitatu hagati yabo mu gihe bahoze barwanira hamwe bakarwanya Abanyamulenge.

Kandi gusubiranamo kwa Maï Maï y’Ababembe n’Abapfulero byabanjirije ko basubiranamo na Red Tabara umutwe witwara gisirikare urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, ariko ukaba wari warahawe icyumbi mu bice bituwe n’Abapfulero na Banyindu mu Lulenge ho muri teritwari ya Fizi.

Uyu mutwe wa Red Tabara ukaba warahoze ufashya iriya mitwe y’itwaje imbunda y’Abapfulero n’Ababembe gusenyera Abanyamulenge no kubica no kunyaga Inka zabo. Ibyo byabaye mu mu Minembwe no mu Rurambo ndetse n’i Ndondo ya Bijombo.

Aha rero niho abasesenguzi bavuga ko “ahari Bishambuke yaba imaze kurambirwa n’intambara zurudaca, kandi gusubiranamo kwabo n’Ababembe abo bari basanzwe arinshuti yakataraboneka byabaciye intege, ariko bakaba bashaka ko bafatanya n’Abanyamulenge ku rwanya Ababembe.”

Kimweho kandi aba basesenguzi bakaba bavuga ko “Ingabo za leta ya Kinshasa ko zigiye gukoresha Maï Maï ya Yakutumba ku rwanya Twirwaneho na Bishambuke, mu gihe boramuka bemeranyije kubana amahoro.”

Tubibutsa ko intambara hagati y’Abanyamulenge na Bapfulero yatangiye mu mwaka w’ 2008, ariko bigeze mu 2017 bifata indi ntera kugeza ubu.

            MCN.
Tags: BishambukeIbyimbitseikiganiroMu Misozi miremire y'ImulengeTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.

Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y'Epfo, wishe abantu batari bake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?