Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku gihano cy’urupfu, muri Repubulika ya demokarasi, n’abo cyagenewe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 16, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku gihano cy’urupfu, muri Repubulika ya demokarasi, n’abo cyagenewe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwarekeyeho igihano cy’urupfu ku bantu bagambanira igihugu, no kubasirikare batererana abandi ku rugamba rwo kurwanya umwanzi.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ni bikubiye mu itangazo rya minisiteri y’ubutabera, muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, ryanditswe ku itariki ya 13/03/2024.

Iri tangazo rikavuga ko tariki ya 09/02/2024, hateranye i Nama y’abaminisitiri, iteranira i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iyo Nama hemezwa ko hagumaho igihano cy’urupfu ku bantu bagambanira igihugu, no kubasirikare bahunga urugamba ndetse n’abandi bantu bakora ibi birengeye.

Iryo tangazo kandi rikavuga ko rigenewe guhabwa inzego z’itandukanye zirimo perezida w’u rukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga, akaba na perezida w’i Nama nkuru y’ubucamanza.

Perezida w’u rukiko rwa gisirikare, perezida w’u rukiko rushinzwe gusesa imanza n’umugenzuzi mukuru w’igisirikare cya Congo, FARDC.

Itangazo rikomeza rivuga ko igihano cy’urupfu ari umwanzuro ndakuka uzashirwa mu bikorwa mu bihe by’intambara, igihe polisi ishaka kugarura amahoro, mu duce tuyobowe gisirikare cyangwa ahandi biri ngombwa, icyo gihano cy’u rupfu kizashirwa mu bikorwa.

Iritegeko rikaba rireba abagizi banabi, abagambanyi, abakora ubutasi, abari mu mitwe y’Inyeshamba irwanya leta, abakora ibyaha byo mu ntambara, abakora Genocide n’abandi bakora ibyaha byibasira ikiremwa muntu.

Iritangazo rishimangira kandi rivuga ko abasirikare bahunga urugamba korizabahana, abatubahiriza amabwiriza yo kurugamba ndetse n’abatoroka igisirikare bagasanga imitwe y’itwaje imbunda irwanya leta.

       MCN.
Tags: IbyimbitseIgihano cy'urupfuRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwareze u Rwanda, mu rukiko rw’Afrika y’i Burasirazuba.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwareze u Rwanda, mu rukiko rw'Afrika y'i Burasirazuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?