• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku gihano cy’urupfu, muri Repubulika ya demokarasi, n’abo cyagenewe.

minebwenews by minebwenews
March 16, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku gihano cy’urupfu, muri Repubulika ya demokarasi, n’abo cyagenewe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwarekeyeho igihano cy’urupfu ku bantu bagambanira igihugu, no kubasirikare batererana abandi ku rugamba rwo kurwanya umwanzi.

Ni bikubiye mu itangazo rya minisiteri y’ubutabera, muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, ryanditswe ku itariki ya 13/03/2024.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Iri tangazo rikavuga ko tariki ya 09/02/2024, hateranye i Nama y’abaminisitiri, iteranira i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iyo Nama hemezwa ko hagumaho igihano cy’urupfu ku bantu bagambanira igihugu, no kubasirikare bahunga urugamba ndetse n’abandi bantu bakora ibi birengeye.

Iryo tangazo kandi rikavuga ko rigenewe guhabwa inzego z’itandukanye zirimo perezida w’u rukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga, akaba na perezida w’i Nama nkuru y’ubucamanza.

Perezida w’u rukiko rwa gisirikare, perezida w’u rukiko rushinzwe gusesa imanza n’umugenzuzi mukuru w’igisirikare cya Congo, FARDC.

Itangazo rikomeza rivuga ko igihano cy’urupfu ari umwanzuro ndakuka uzashirwa mu bikorwa mu bihe by’intambara, igihe polisi ishaka kugarura amahoro, mu duce tuyobowe gisirikare cyangwa ahandi biri ngombwa, icyo gihano cy’u rupfu kizashirwa mu bikorwa.

Iritegeko rikaba rireba abagizi banabi, abagambanyi, abakora ubutasi, abari mu mitwe y’Inyeshamba irwanya leta, abakora ibyaha byo mu ntambara, abakora Genocide n’abandi bakora ibyaha byibasira ikiremwa muntu.

Iritangazo rishimangira kandi rivuga ko abasirikare bahunga urugamba korizabahana, abatubahiriza amabwiriza yo kurugamba ndetse n’abatoroka igisirikare bagasanga imitwe y’itwaje imbunda irwanya leta.

       MCN.
Tags: IbyimbitseIgihano cy'urupfuRdc

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwareze u Rwanda, mu rukiko rw’Afrika y’i Burasirazuba.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwareze u Rwanda, mu rukiko rw'Afrika y'i Burasirazuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kinshasa: Imyigaragambyo yatangiye, imbaga y’abantu yuzuye imihanda yerekeza ku Nteko Ishinga Amategeko
  • Kinshasa mu Rujijo: Itangazo ryo Gufunga Amashuri Ryateje Impaka, Minisiteri y’Uburezi Iraryamagana
  • Kinshasa: Iduka ry’Ibikoresho by’Ubucuruzi Ryahindutse Umuyonga muri Camp PM
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?