• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku gitero cyabaye i Bukavu n’icyo Tshisekedi yakivuzeho.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku gitero cyabaye i Bukavu n’icyo Tshisekedi yakivuzeho.
122
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku gitero cyabaye i Bukavu n’icyo Tshisekedi yakivuzeho.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko yababajwe n’igitero cya bereye i Bukavu mu nama yise iy’agahato.

Umukuru w’iki gihugu, Tshisekedi akoresheje ibiro bye, yatangaje ko yakiranye umubabaro n’agahinda urupfu rw’abaturage bishwe mu gitero cy’ibisasu byaturikiye ahabereye inama yarimo abayobozi b’ihuriro rya AFC.

Muri ubwo butumwa Tshisekedi yavuze ko yifatanyije n’abagize ibyago, kandi yihanganishije imiryango yabo, akaba anayigaragarije ko ari kumwe na yo mu gahinda.

Ndetse kandi yanamaganye icyo gikorwa cy’iterabwoba “cyakozwe n’igisirikare cy’amahanga kiri kubutaka bwa RDC mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nk’uko yakomeje avuga.

Mu gihe ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ryo, ryatangaje ko icyo gitero cyakozwe n’igisirikare cya perezida Felix Tshisekedi, ndetse ko n’ibisasu byarashwe ari iby’igisirikare cy’u Burundi.

Iri huriro kandi ry’ihanganishije abaturage b’i Bukavu, kandi rivuga ko cyaguyemo abantu benshi barimo n’abari mu mugambi wo kugitegura.

Mu itangazo AFC yashyize hanze yagaragaje ko amabwiriza yo kugaba icyo gitero yatanzwe na perezida Felix Tshisekedi ubwo yagiranaga ibiganiro n’uwahoze ari guverineri wirukanywe i Bukavu.

Muri iryo tangazo kandi yavuze ko abateguye icyo gitero bazirengera ingaruka zacyo.

Kugeza ubu imibare y’abapfuye biravugwa ko ari abasivili 11 naho abandi 65 barakomereka.

Corneille Nangaa wari muri iyi nama yaturikiyemo ibyo bisasu bitatu byahitanye bariya bantu, ni nawe watanze amakuru y’imibare y’abo cyahitanye n’abakomeretse.

Yagize ati: “Igenzura riracyakomeje, uwakoze kiriya gitero na we ari mu bapfuye.”

Tags: AFCBukavuIgitero
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Gitwaza yagize icyavuga ku Banyamulenge bakomeje kwicwa muri RDC.

Apostle Gitwaza yagize icyavuga ku Banyamulenge bakomeje kwicwa muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?