Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyimbitse ku gitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 2, 2024
in World News
0
Ibyimbitse ku gitero Iran yaraye igabye kuri Israel.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku gitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Igitero Iran yaraye igabye kuri Israel ku mugoroba wo ku itariki ya 01/10/2024, yakoresheje ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic birenga 180, kandi ikigaba mu gihe ibi Bihugu byombi byari bigize iminsi birebana ayingwe, nyuma y’uko Israel yari yishe irashe abakuru b’umutwe wa Hezbollah uterwa inkunga n’iki gihugu cya Iran.

Ni igitero cyasize minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu avuze ko Iran igiye kubona akaga, bigatekerezwa ko iyi ntambara yo mu burasirazuba bwo hagati y’aba igiye gukomera kurushaho.

Iran yagabye iki gitero ihita inatangaza ko yagikoze mu rwego rwo guhorera abarwanyi bakomeye b’umutwe wa Hezbollah baguye mu bitero igisirikare cya Israel cyagabye ku butaka bwayo, byanaguyemo n’umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Hezbollah, Hassan Nasrallah harimo n’abandi bishwe mbere barimo na Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru mu bya politiki mu mutwe wa Hamas nawo usanzwe ukorana byahafi n’uyu wa Hezbollah.

Iki gitero Iran yagabye kuri Israel ni cyo cya mbere gikomeye Iran yagabye kuri Israel kuva ibi Bihugu byombi byagirana amakimbirane ashingiye ku kuba Iran ishigikiye umutwe wa Hezbollah na Hamas, imaze igihe ihanganye na Israel.

Gusa amakuru yagiye atangwa n’uruhande rwa Leta ya Israel, avuga ko ibisasu Iran yagabye ku gihugu cyabo, ibyinshi byashwanyagurijwe mu kirere, ndetse binagabanyirizwa ubukana n’igisirikare cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’ibindi Bihugu bishyigikiye Israel.

Nk’uko byavuzwe, ibi bisasu byari bigambiriye kurasa ku biro bikuru by’ikigo cy’ubutasi cya Israel (Mossad) no ku mashami abiri yacyo.

Igisirikare cya Iran cyatangaje kandi ko iki gitero cyari kigambiriye guha isomo rikomeye Leta ya Israel kandi ko mu gihe Israel yogira icyo ikoze ngo yihore izabona ibyago bikomeye kuruta ibi bya none.

Mu nama y’umutekano yayobowe na Netanyahu yabwiye abayitabiriye ko “Iran itazi ubudahangagwa Israel ihorana bwo kwirinda ndetse n’imbara bashyira mu guhangana n’abanzi babo.”

Netanyahu yanavuze ko iki gitero cya Iran ari intsinzi ikomeye kuri Israel kandi ko Iran igiye guhura na kaga gakomeye kandi ko bizayimerera nka Gaza na Liban. Yagize ati: “Uzatugabaho igitero wese, natwe tuzakimugabaho.”

              MCN.
Tags: IbyimbitseIgiteroIranIsrael
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake.

Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?