Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2025
in Uncategorized
0
Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

You might also like

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

Ni indwara itaramemyekana aho imaze guhitana abarenga 50, mu majyaguru y’uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umuryango w’Abibumbye mu ishami ryawo ryita ku buzima muri Afrika, niwo watanze iyi nkuru aho wavuze ko iyo ndwara yagaragaye bwa mbere mu bana batatu bo mu duce twa ba Boloko, bari bariye uducurama, nyuma yamasaha nka 48 bahita bapfa.

Uvuga ko ibimenyetso biranga iyo ndwara, harimo guhinda umuriro mwinshi, kuruka, kuva amaraso kandi ngo akavira imbere, abenshi mu bafashwe n’iyi ndwara ngo ntibarikurenza amasaha 48 batarapfa.

Kurundi ruhande amakuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya Washington post cyatangaje ko iyo ndwara yagaragaye bwa mbere muri RDC ku itariki ya 21/01/2025, kandi ko kugeza ubu abantu 419 bakaba bamaze kuyandura, naho abagera kuri 53 ikaba imaze kubica.

Iyo ndwara biravugwa ko iteye ubwoba, kubera ko bivugwa ko yaturutse kuri uko kurya uducurama, kandi kurya inyamanswa nk’izo muri RDC bikaba bimenyerewe.

Binavugwa ko iyo ndwara yageze no mu kandi gace ka Bomate, aho ngo yahageze ku itariki ya 19/02/2025; ibipimo byafashwe kubantu 13 bayirwaye, byoherejwe mu kigo cya “National Institute for Biomedical Research” giherereye i Kinshasa, kugira ngo bipimwe, nk’uko byemejwe na OMS.

Gusa, nyuma yo gupima, ibisubizo byagaragaje ko nta n’umwe muri abo barwayi ufite virusi zisanzwe zizwiho gutera umuriro mwinshi no kuva amaraso, nubwo hari bimwe muri ibyo bipimo byerekana ko harimo abafitemo malaria.

Tags: 50Imaze guhitanaIndwaraRdc
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails

Maï-Maï yateguje kwica Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
February 3, 2025
0
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

Maï-Maï yateguje kwica Abanyamulenge. Umutwe witwaje intwaro wa Maï-Maï uyobowe n'umurwanyi wo mu bwoko bw'Abembe wiyita General Hamuri Yakutumba, yatumye ku Banyamulenge bo mu Bibogobogo ko azaza kubica,...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

I Burundi bikanze intambara bongera kwirukana Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?