• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo, nubwo impungenge zikiri zose.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo barasinya amasezerano yo gushyiraho akadomo kanyuma ku makimbirane amaze igihe hagati y’ibi bihugu byombi.

Ni amasezerano ashyirwaho umukono na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda n’uwa RDC.

Ibiro bya perezida wa RDC byemeje ko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Therese Kayikwamba, ko ari buze gushyira umukono ku masezerano y’amahoro muzina rya Leta ye.

Hari hashize iminsi muri Amerika habera ibiganiro byagizwemo uruhare n’ubuyobozi bw’iki gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ndetse na tariki ya 18/06/2025, nabwo itsinda ry’u Rwanda ryari riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu muri Leta Zunze ubumwe, Mathilde Mukantabana n’irya RDC bemeza iby’aya masezerano ku buhuza bwa Qatar na Amerika.

Hagataho, ibikubiye muri aya masezerano bivuga ko umuhango w’isinywa ryayo, utangira ku isaha ya saa saba z’amanywa yo muri USA, mu gihe mu Burasizuba bwa Congo azaba ari isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba. Uyu muhango ukaba uri buze kuyoborwa n’umunyabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio.

Mu kuyasinya baribanda ku bintu bine byingenzi bikwiye kwitabwaho birimo kubaha ubusugire bw’ikindi gihugu no kwirinda gushoza intambara, guhagarika gukorana n’imitwe yitwaje intwaro, kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe imitwe yitwaje intwaro iva mu bindi bihugu.

Harimo kandi gushyiraho itsinda rihuriweho rishinzwe gukurikirana ibikorwa by’umutekano wambuka Imipaka ishyira mu bikorwa bya gisirikare.

Kayikwamba Wagner uri businye aya masezerano ku ruhande rwa Leta ya Congo, yari amaze icyumweru cyose ari muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho yaherekejwe n’Umujyamama wa perezida Felix Tshisekedi.

Byari byaravuzwe ko aya masezerano ko azasinywa tariki ya 15/06/2025, ntibyakorwa kubera kudahuza ku ngingo zimwe na zimwe.

Ni mu gihe u Rwanda rusaba RDC kubanza gukemura ibibazo by’umutekano birubangamiye, by’umwihariko ikibazo cya FDLR.

Ubundi kandi Amerika cyo kimwe na RDC bisaba nabyo u Rwanda guhagarika ubufasha ubwo bivuga ruha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ndetse uwo mutwe ukaba ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwe.

Niho abantu benshi bahera bakagaragaza impungenge, aho bavuga ko nubwo aya masezerano agiye gushyirwaho umukono, ariko ko adashobora kuzazana amahoro arambye. Ku mpamvu zuko imitwe yitwaje intwaro ikomeje kwigarurira ibice binini byo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Kimwecyo, perezida Trump avuga ko aya masezerano ari meza, akanashimangira ko ari intambwe ikomeye mu kugarura amahoro muri Afrika. Ku rundi ruhande abantu benshi ntibabifata nk’igihamya cy’amahoro arambye, kubera ko imitwe yitwaje intwaro itaragaraza ko yiteguye kurambika intwaro hasi.

Trump yiyerekana nk’umuhuza w’amahoro kandi yagaragaje ko yitabiriye gukemura amakimbirane ku isi, harimo n’intambara ikomeye iri mu Burasirazuba bwa RDC ifite ubutunzi bwinshi bw’amabuye y’agaciro. Nyamara kandi aya masezerano ashobora no gufungura inzira ku nyungu z’ubukungu za Amerika mu karere, cyane cyane ku bijyanye no kubona amabuye y’agaciro akenerwa mu buhanga bugezweho.

Tags: amahoroAmasezeranoIbyingenziRdcU Rwanda
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
DRC and Rwanda Sign Peace Deal in Washington to End Decades of Conflict

DRC and Rwanda Sign Peace Deal in Washington to End Decades of Conflict

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?