• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2025
in Regional Politics
0
Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 uheruka kubohoza umujyi wa Goma wakoze umuganda wo gusukura uyu mujyi, nyuma y’uko uwirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwo M23 yafataga uyu mujyi wa Goma yasanze unyanyagiyemo imyanda inarimo iyagisirikare yatawemo n’ingabo za FARDC, ingabo z’u Burundi na Wazalendo aho ndetse aba basirikare hari ubwo bihinduraga abaturage basanzwe.

Muri iyi myanda irimo amasasu n’imbunda n’ibicagagure by’imyenda yaba basirikare ba FARDC n’abu-Burindi bikwirakwije mu ma Quartier no mu mifurege, bikaba byara hakuwe biratwikwa ibindi bitabwa ahabigenewe.

Uyu muganda ukaba warabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho bivugwa ko wageze mu bice byose bigize uyu mujyi wa Goma.

Iby’uyu muganda kandi uyu mutwe wa M23 wabivuzeho mu itangazo iryo yashyize hanze, rishimira abaturage bagaragaje ubwitange bitabira uyu muganda. Iryo tangazo nanone risaba aba baturage gukomeza ibikorwa byo gusukura bizajya biba buri gihe.

Iri tangazo kandi ryibutsa Leta ya Kinshasa ko bakomeje kurinda abaturage, ndetse kandi ko uyu mutwe ukomeza kugenda ubohoza ibindi bice.

Basabye kandi ingabo za FARDC na Wazalendo batararambika intwaro zabo hasi, kubikora ubundi bagahita bajya kuri stade de l’unite.

Ni itangazo nanone kandi risaba Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi kwemera bakajya mu biganiro kugira ngo bakemure ibibazo by’intambara hagati y’impande zombi.

Ibyo bikaba bibaye mu gihe abakozi b’umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu cya RDC, MONUSCO, batangiye gutaha bakajya mu bihugu byabo.

Tags: GomaGusukuraM23
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

Maï-Maï yateguje kwica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?