Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 3, 2025
in Regional Politics
0
Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Umutwe wa M23 uheruka kubohoza umujyi wa Goma wakoze umuganda wo gusukura uyu mujyi, nyuma y’uko uwirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwo M23 yafataga uyu mujyi wa Goma yasanze unyanyagiyemo imyanda inarimo iyagisirikare yatawemo n’ingabo za FARDC, ingabo z’u Burundi na Wazalendo aho ndetse aba basirikare hari ubwo bihinduraga abaturage basanzwe.

Muri iyi myanda irimo amasasu n’imbunda n’ibicagagure by’imyenda yaba basirikare ba FARDC n’abu-Burindi bikwirakwije mu ma Quartier no mu mifurege, bikaba byara hakuwe biratwikwa ibindi bitabwa ahabigenewe.

Uyu muganda ukaba warabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho bivugwa ko wageze mu bice byose bigize uyu mujyi wa Goma.

Iby’uyu muganda kandi uyu mutwe wa M23 wabivuzeho mu itangazo iryo yashyize hanze, rishimira abaturage bagaragaje ubwitange bitabira uyu muganda. Iryo tangazo nanone risaba aba baturage gukomeza ibikorwa byo gusukura bizajya biba buri gihe.

Iri tangazo kandi ryibutsa Leta ya Kinshasa ko bakomeje kurinda abaturage, ndetse kandi ko uyu mutwe ukomeza kugenda ubohoza ibindi bice.

Basabye kandi ingabo za FARDC na Wazalendo batararambika intwaro zabo hasi, kubikora ubundi bagahita bajya kuri stade de l’unite.

Ni itangazo nanone kandi risaba Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi kwemera bakajya mu biganiro kugira ngo bakemure ibibazo by’intambara hagati y’impande zombi.

Ibyo bikaba bibaye mu gihe abakozi b’umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu cya RDC, MONUSCO, batangiye gutaha bakajya mu bihugu byabo.

Tags: GomaGusukuraM23
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

Maï-Maï yateguje kwica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?