• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2025
in Regional Politics
0
Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyingenzi ku mujyi wa Goma wasukuwe na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Umutwe wa M23 uheruka kubohoza umujyi wa Goma wakoze umuganda wo gusukura uyu mujyi, nyuma y’uko uwirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwo M23 yafataga uyu mujyi wa Goma yasanze unyanyagiyemo imyanda inarimo iyagisirikare yatawemo n’ingabo za FARDC, ingabo z’u Burundi na Wazalendo aho ndetse aba basirikare hari ubwo bihinduraga abaturage basanzwe.

Muri iyi myanda irimo amasasu n’imbunda n’ibicagagure by’imyenda yaba basirikare ba FARDC n’abu-Burindi bikwirakwije mu ma Quartier no mu mifurege, bikaba byara hakuwe biratwikwa ibindi bitabwa ahabigenewe.

Uyu muganda ukaba warabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho bivugwa ko wageze mu bice byose bigize uyu mujyi wa Goma.

Iby’uyu muganda kandi uyu mutwe wa M23 wabivuzeho mu itangazo iryo yashyize hanze, rishimira abaturage bagaragaje ubwitange bitabira uyu muganda. Iryo tangazo nanone risaba aba baturage gukomeza ibikorwa byo gusukura bizajya biba buri gihe.

Iri tangazo kandi ryibutsa Leta ya Kinshasa ko bakomeje kurinda abaturage, ndetse kandi ko uyu mutwe ukomeza kugenda ubohoza ibindi bice.

Basabye kandi ingabo za FARDC na Wazalendo batararambika intwaro zabo hasi, kubikora ubundi bagahita bajya kuri stade de l’unite.

Ni itangazo nanone kandi risaba Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi kwemera bakajya mu biganiro kugira ngo bakemure ibibazo by’intambara hagati y’impande zombi.

Ibyo bikaba bibaye mu gihe abakozi b’umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu cya RDC, MONUSCO, batangiye gutaha bakajya mu bihugu byabo.

Tags: GomaGusukuraM23
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

Maï-Maï yateguje kwica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?