• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyingenzi wa menya ku gace ka Rugezi kabohojwe na Twirwaneho ifatanyije na M23.

minebwenews by minebwenews
April 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyingenzi wa menya ku gace ka Rugezi kabohojwe na Twirwaneho ifatanyije na M23.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyingenzi wa menya ku gace ka Rugezi kabohojwe na Twirwaneho ifatanyije na M23.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Agace ka Rugezi, umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byabohoje uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 08/04/2025 kibitseho ubutunzi kamere, aho gakungahaye ku mabuye y’agaciro ahanini yo mu bwoko bwa or n’andi.

Rugezi ni agace gaherereye muri komine ya Minembwe, ikaba iri mu mpera zayo mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bw’iyi komine.

Ahagana isaha zo ku gicyamunsi cy’uyu wa kabiri ni bwo abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bafashe iki gice nyuma y’imirwano ikomeye yabasakiranyije n’ihuriro ry’Ingabo za Congo (FARDC) iz’u Burundi(FDNB) n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Bizwi ko iki gice cya Rugezi cyari indiri ikomeye y’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo iyobowe na Colonel Ngomanzito, n’indi mitwe iyishamikiyeho.

Iyi Rugezi yamaze kubohozwa n’iriya mitwe ibiri ya gisirikare ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, izwi kuba yibitseho ubutunzi kamere bwiganjemo cyane cyane amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi moko atandukanye nka Cobalt, Coltan n’andi.

Aya mabuye y’agaciro asanzwe acukurwa mu duce tugera muri 7 two muri iki gice cya Rugezi, ariko cyane cyane mu gace ka Rudabadaba na Micikacika.

Ni mu gihe kandi aboneka no mu duce twa Bwishoshi, Bengeziza, Gahira, Bikarakara na Bahati-yaimbwa.

Hejuru y’ibyo, Rugezi kandi iri mu ntera ngufi uvuye mu irango rinini rya Bovu riherereye mu Gitumba, irizwi kuba rikungahaye cyane ku mabuye y’agaciro arimo ayo mu bwoko bwa diama, or, Coltan, Cuivre n’andi.

Ikindi nuko iyi Rugezi mbere y’intambara zo muri iyi myaka yavuba, ubwo ni mu 2017-2021, Abanyamulenge bakiyituyemo ari benshi yarimo Localite zibiri, aho imwe yari iyobowe na Chef Sabune mu gihe indi yari iyobowe na Budamu.

Imihana yari igize iki gice yabarirwaga mu 10, uwo kwa Sabune ari nawo wabagamo Post, n’ibitaro bikuru byari byarubatswe na Ugeafi, bizwiho kuba byaragiraga imiryango 12.

Hari kandi umuhana wo kwa Didas, uwo kwa Budamu, uw’Abadinzi, uwo mu Bavusha, uwo mu Bagorora, Timbyangoma na Nyamurombwe.

Ndetse kandi umuhana wa Gakangala na Muliza byabarizwaga muri ariya ma Localite yabaga mu Rugezi, nubwo iyi mihana yegereye cyane centre ya komine ya Minembwe.

Hagataho, biravugwa ko Twirwaneho na M23, nyuma y’aho bibohoje iki gice cya Rugezi, abarwanyi bayo bakomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo za Congo, kandi ko barimo kuryirukana berekeza i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Mu gihe M23 na Twirwaneho byoramuka bifashe i Milimba, byahita bifatwa ko aka Wazalendo kashobotse, kuko bizwi ko icyo gice aricyo gikomeye cy’iyi mitwe irwanya Abanyamulenge.

Tags: M23MilimbaRugezi
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
What You Need to Know About the Rugezi Area, Recently liberated by M23 and Twirwaneho

What You Need to Know About the Rugezi Area, Recently liberated by M23 and Twirwaneho

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?