• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyinshi wa menya ku bakunzi b’ikipe y’igihugu cya Israel bakubitiwe mu Buholandi.

minebwenews by minebwenews
November 9, 2024
in World News
0
Ibyinshi wa menya ku bakunzi b’ikipe y’igihugu cya Israel bakubitiwe mu Buholandi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyinshi wa menya ku bakunzi b’ikipe y’igihugu cya Israel bakubitiwe mu Buholandi.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru bo muri Israel, batezwe ibico mu mujyi wa Amsterdam bakubitwa nabi, ahar’ejo tariki ya 09/11/2024. Ariko baje gutabarwa n’abapolisi bashyinzwe guhoshya imvururu.

Meya w’umujyi wa Amsterdam, Femke Halsema, yashatse gukumira ibibazo, abigaragambyaga bashyigikiye Palestine akabajyana kure ya Johan Cruyff Arena. Ariko amakuru ava mu Buholandi avuga ko itsinda rinini ryagaragaje kwerekeza kuri stade, ariko bahagarikwa n’abapolisi bashyinzwe kurwanya imvururu.

Minisitiri w’intebe w’u Buholandi, Dick Schoof yamaganye “ibitero byibasira Abayahudi” naho minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, avuga ko indege 2 z’ubutabazi zoherejwe i Amsterdam nyuma y’ibyo igisirikare cya Israel cyavuze ko ari “ibintu bikomeye kandi by’urugomo byibasiye Ab’Israel.”

Meya wa Amsterdam n’abandi bayobozi bavuze ko nubwo abapolisi bari benshi, abafana bavuye muri Israel bakomeretse mu bice byinshi by’umurwa mukuru w’u Buholandi. Ibi bikaba byabayeho mu gihe n’ikipe yabo yatsinzwe ibitego 5-0

Schoof yavuze ko yakurikiranye ibyabaye biteye ubwoba, yongeraho ko yavuganye na Netanyahu anashimangira ko abakoze icyaha bazakurikiranwa kandi bakaburanishwa.

Ni mu gihe kandi Polisi yatangaje ko abantu 57 batawe muri yombi. Inavuga ko ibibazo byatangiye mbere y’umukino hagati y’abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Israel(Maccabi) n’abigaragambyaga b’abanyapalesitine, kandi hari amakuru avuga ko abafana bacanye fireworks baca n’ibendera rya Palestine ku muhanda uri hafi aho.

Imvururu zikaba zaje kwiyongera nyuma y’umukino. Polisi yavuze ko hatazwi neza abagize uruhare muri izo mvururu, abwira itangazamakuru ryaho ko ababigizemo uruhare bari bambaye imyenda yijimye.

Amashusho menshi yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga, amwe yerekana umugabo akubitwa imigeri munda ari hasi, indi yerekana umuntu wiruka ahunga cyane.
Muri video zimwe, abantu bashoboraga kumva abasakuza bavuga ko bashyigikiye Palestine.

Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yavuze ko imyigaragambyo yakorewe Ab’Israel yarimo urugomo rugamije kwica cyangwa kwirukana ubwoko cyangwa itsinda rifite imyizerere runaka. Umunyapolitiki urwanya cyane umuyisilamu, Geert Wilders, uyobora ishyaka rikomeye mu nteko ishinga amategeko na we yavuze kubyabereye i Amsterdam, agira ati: “Abayobozi bazabibazwa kubera ko batigeze barengera abaturage ba Israel.”

Intumwa idasanzwe ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ishinzwe kurwanya urwango ku Bayahudi, Deborah Lipstadt, yavuze ko yatewe ubwoba n’ibitero byabereye i Amsterdam, kandi ko yababajwe cyane n’igihe byamaze.

Yagaragaje ko ihohoterwa ryabaye hasigaye iminsi ibiri ngo hibukwe Abanazi batangiye gukorera Abayahudi “urugomo” mu Budage mukwezi kwa Cumi n’umwe mu mwaka w’ 1938.

Tags: AmsterdamBakubisweIsraelMaccabi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Menya uko instinzi ya Donald  Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

Menya uko instinzi ya Donald Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?