• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya uko instinzi ya Donald Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

minebwenews by minebwenews
November 9, 2024
in Uncategorized
2
Menya uko instinzi ya Donald  Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya uko instinzi ya Donald Trump yunguye abaherwe 10 ba mbere ku Isi.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Nyuma y’uko Donald Trump atorewe kongera kuba umukuru w’igihugu wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abaherwe ba mbere 10 ku Isi bungutse miliyari 64, by’umwihariko Elon Musk washyigikiye kuva ku munsi wa mbere w’ibikorwa by’amatora yunguka miliyari $26.5.

Ku wa gatatu w’iki Cyumweru, nta kindi cyavugwaga uretse amatora yari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho byarangiye Donald Trump ariwe wegukanye intsinzi, bituma yongera kuba perezida W’Amerika nyuma y’uko yayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’ 2016 kugera mu mwaka w’ 2020.

Ikinyamakuru cya Bloomberg’s Billionaire Index dukesha iy’inkuru cyatangaje ko “umunsi wa matora muri Amerika wasize abaherwe ba mbere binjije asaga miliyari $ 64, ku munsi umwe gusa wabayeho amatora.”

Kinavuga ko uwungutse cyane muri iyi minsi ya matora ko ari Elon Musk umwe mu bafana bakomeye ba Trump, aho umutungo we wazamutseho miliyari $26.5 ukagera kuri miliyari $290.

Umutongo wa Jeff Bezos wasize Amazon yazamutseho miliyari $7.1 nyuma y’icyumeru amaze afashe icyemezo cyo kudashyigikira Kamala Harris. Larry Ellison, washinze Oracle kandi ishyigikiye Trump, nawe umutungo we wazamutseho miliyari $5.5 ku wa gatatu.

Abandi bungutse muri iyi minsi barimo abayobozi ba Microsoft, Bill Gate na Steve Ballmer, abayobozi ba Google, Larry Page na Berkshire Hathaway, Warren Buffett. Nubwo aba banyamafaranga bose batashyigikiye umukandida uwo ari we wese muri uyu mwaka, mu bihe byashize bagiye bavuga amagambo yo gushyigikira umukandida w’ishyaka ry’Abademokarate.

Bloomberg yavuze ko ari ubwa mbere kuva mu mwaka w’ 2012 habayeho kwiyongera kwinyungu ku munsi umwe. Ibi byatumye benshi bayoboye ibigo bitandukanye bavuga ko bibaha icyizere ko kuri iyi manda ya Donald Trump ubucuruzi bugiye kongera kuzamuka.

Michael Block, umuyobozi wa AgentSmyth yagize ati: “Hari icyizere n’ihumure rikomeye ko hagiye kubaho politiki ifasha ubucuruzi no koroshya imisoro, cyane nyuma yo gutsinda inteko ishinga mategeko kw’Abarepubilikani.”

Si aba baherwe gusa bungukiye mu ntsinzi ya Donald Trump ahubwo na nyiribwite nawe yabyungukiyemo . Nyuma y’uko CNN yari imaze gutangaza ko Donald Trump yatsinze amatora, imigabane y’urubuga Truth Social rwa Donald yazamutseho 30%.

Imigabane ye ingana na miliyoni 114.75 ifite agaciro ka miliyari $5.3 mu buryo bw’igihe gito hashingiwe kuri izo nyungu zajeho nyuma y’amatora. Ni mu gihe mbere yari miliyari $3.9 ubwo isoko ry’imari ryafungwaga ku munsi w’amatora.

Tags: Abaherwe 10InstinziTrump
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w’Amerika.

Perezida wa Ukraine yatakambiye Donald Trump uheruka gutorerwa kuba perezida w'Amerika.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    Do any supplements, like Nervive, help with nerve pain, like sciatica or diabetic neuropathy priligy otc

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    PubMed 3521955 priligy buy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?