• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in World News
0
Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibinyujije muri minisiteri yayo y’ubanye n’amahanga, yasabye ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ihagarara.

Hari mu kiganiro umuvugizi w’iyi minisiteri ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yahaye itangazamakuru, aho yagaragaje uko iki gihugu cy’igihangange cyabo gihagaze ku ntambara iri kubera muri Congo.
Muri iki kiganiro yagarutse kubyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio yari aherutse kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’uwa RDC, Felix Tshisekedi.

Uyu muvugizi yagize ati: “Dushigikiye Abanye-Congo hamwe n’ubwigenge bw’igihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yavuze ko ubwo Marco Rubio yaganiraga n’abakuru b’ibihugu byombi, uw’u Rwanda n’uwa RDC, yabasabye gukora ibishoboka byose agahenge kakagaruka mu maguru mashya mu Burasizuba bwa Congo, kandi uburenganzira bw’ikiremwa muntu bikubahirizwa, ababyirengangiza bakabiryozwa.

Avuga ko kandi yasabye abakuru b’ibihugu byombi, kubahiriza ubwingenge n’imbibi z’ibihugu.

Tommy Bruce yavuze ko igihugu cye, cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika gishigikiye ibiganiro by’amahoro biyowe na perezida wa Angola, Joao Lourenco.

Ati: “Twiteze kubona abo bayobozi basubiye mu nzira y’amahoro itegurwa na perezida wa Angola hamwe na Kenya, kandi ko bashyiraho umukazo kugira ngo amahoro agaruke.”

Yashimangiye ibi avuga ko igihugu cye ko kizakomeza gushyigikira amahoro kandi ko cyizeye ko azagerwaho bidatinze.
Ubumwe bw’Afrika, akanama mpuzamahanga ka ONU mu ishami rishyinzwe uburenganzira bwa muntu na Leta Zunze ubumwe z’Amerika byakunze kwa magana ubwicanyi bubera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
Ikindi byamagana ibitero bikomeje gukorwa muri icyo gice bikozwe n’imitwe itandukanye n’irimo Wazalendo.

Tags: AmerikaIntambaraRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Iby'akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?