• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in World News
0
Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibinyujije muri minisiteri yayo y’ubanye n’amahanga, yasabye ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ihagarara.

Hari mu kiganiro umuvugizi w’iyi minisiteri ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yahaye itangazamakuru, aho yagaragaje uko iki gihugu cy’igihangange cyabo gihagaze ku ntambara iri kubera muri Congo.
Muri iki kiganiro yagarutse kubyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio yari aherutse kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’uwa RDC, Felix Tshisekedi.

Uyu muvugizi yagize ati: “Dushigikiye Abanye-Congo hamwe n’ubwigenge bw’igihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yavuze ko ubwo Marco Rubio yaganiraga n’abakuru b’ibihugu byombi, uw’u Rwanda n’uwa RDC, yabasabye gukora ibishoboka byose agahenge kakagaruka mu maguru mashya mu Burasizuba bwa Congo, kandi uburenganzira bw’ikiremwa muntu bikubahirizwa, ababyirengangiza bakabiryozwa.

Avuga ko kandi yasabye abakuru b’ibihugu byombi, kubahiriza ubwingenge n’imbibi z’ibihugu.

Tommy Bruce yavuze ko igihugu cye, cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika gishigikiye ibiganiro by’amahoro biyowe na perezida wa Angola, Joao Lourenco.

Ati: “Twiteze kubona abo bayobozi basubiye mu nzira y’amahoro itegurwa na perezida wa Angola hamwe na Kenya, kandi ko bashyiraho umukazo kugira ngo amahoro agaruke.”

Yashimangiye ibi avuga ko igihugu cye ko kizakomeza gushyigikira amahoro kandi ko cyizeye ko azagerwaho bidatinze.
Ubumwe bw’Afrika, akanama mpuzamahanga ka ONU mu ishami rishyinzwe uburenganzira bwa muntu na Leta Zunze ubumwe z’Amerika byakunze kwa magana ubwicanyi bubera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
Ikindi byamagana ibitero bikomeje gukorwa muri icyo gice bikozwe n’imitwe itandukanye n’irimo Wazalendo.

Tags: AmerikaIntambaraRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Iby'akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?