Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2025
in World News
0
Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibinyujije muri minisiteri yayo y’ubanye n’amahanga, yasabye ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ihagarara.

Hari mu kiganiro umuvugizi w’iyi minisiteri ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yahaye itangazamakuru, aho yagaragaje uko iki gihugu cy’igihangange cyabo gihagaze ku ntambara iri kubera muri Congo.
Muri iki kiganiro yagarutse kubyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio yari aherutse kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’uwa RDC, Felix Tshisekedi.

Uyu muvugizi yagize ati: “Dushigikiye Abanye-Congo hamwe n’ubwigenge bw’igihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yavuze ko ubwo Marco Rubio yaganiraga n’abakuru b’ibihugu byombi, uw’u Rwanda n’uwa RDC, yabasabye gukora ibishoboka byose agahenge kakagaruka mu maguru mashya mu Burasizuba bwa Congo, kandi uburenganzira bw’ikiremwa muntu bikubahirizwa, ababyirengangiza bakabiryozwa.

Avuga ko kandi yasabye abakuru b’ibihugu byombi, kubahiriza ubwingenge n’imbibi z’ibihugu.

Tommy Bruce yavuze ko igihugu cye, cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika gishigikiye ibiganiro by’amahoro biyowe na perezida wa Angola, Joao Lourenco.

Ati: “Twiteze kubona abo bayobozi basubiye mu nzira y’amahoro itegurwa na perezida wa Angola hamwe na Kenya, kandi ko bashyiraho umukazo kugira ngo amahoro agaruke.”

Yashimangiye ibi avuga ko igihugu cye ko kizakomeza gushyigikira amahoro kandi ko cyizeye ko azagerwaho bidatinze.
Ubumwe bw’Afrika, akanama mpuzamahanga ka ONU mu ishami rishyinzwe uburenganzira bwa muntu na Leta Zunze ubumwe z’Amerika byakunze kwa magana ubwicanyi bubera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
Ikindi byamagana ibitero bikomeje gukorwa muri icyo gice bikozwe n’imitwe itandukanye n’irimo Wazalendo.

Tags: AmerikaIntambaraRdc
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Iby'akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?