• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in World News
0
Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibinyujije muri minisiteri yayo y’ubanye n’amahanga, yasabye ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ihagarara.

READ ALSO

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Hari mu kiganiro umuvugizi w’iyi minisiteri ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yahaye itangazamakuru, aho yagaragaje uko iki gihugu cy’igihangange cyabo gihagaze ku ntambara iri kubera muri Congo.
Muri iki kiganiro yagarutse kubyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio yari aherutse kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’uwa RDC, Felix Tshisekedi.

Uyu muvugizi yagize ati: “Dushigikiye Abanye-Congo hamwe n’ubwigenge bw’igihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yavuze ko ubwo Marco Rubio yaganiraga n’abakuru b’ibihugu byombi, uw’u Rwanda n’uwa RDC, yabasabye gukora ibishoboka byose agahenge kakagaruka mu maguru mashya mu Burasizuba bwa Congo, kandi uburenganzira bw’ikiremwa muntu bikubahirizwa, ababyirengangiza bakabiryozwa.

Avuga ko kandi yasabye abakuru b’ibihugu byombi, kubahiriza ubwingenge n’imbibi z’ibihugu.

Tommy Bruce yavuze ko igihugu cye, cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika gishigikiye ibiganiro by’amahoro biyowe na perezida wa Angola, Joao Lourenco.

Ati: “Twiteze kubona abo bayobozi basubiye mu nzira y’amahoro itegurwa na perezida wa Angola hamwe na Kenya, kandi ko bashyiraho umukazo kugira ngo amahoro agaruke.”

Yashimangiye ibi avuga ko igihugu cye ko kizakomeza gushyigikira amahoro kandi ko cyizeye ko azagerwaho bidatinze.
Ubumwe bw’Afrika, akanama mpuzamahanga ka ONU mu ishami rishyinzwe uburenganzira bwa muntu na Leta Zunze ubumwe z’Amerika byakunze kwa magana ubwicanyi bubera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
Ikindi byamagana ibitero bikomeje gukorwa muri icyo gice bikozwe n’imitwe itandukanye n’irimo Wazalendo.

Tags: AmerikaIntambaraRdc

Related Posts

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro
World News

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

September 17, 2026
Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Next Post
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Iby'akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?