• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo kwamagana MONUSCO muri RDC byongeye gufata indi ntera i Goma.

minebwenews by minebwenews
December 24, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo kwamagana MONUSCO muri RDC byongeye gufata indi ntera i Goma.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo kwamagana MONUSCO muri RDC byongeye gufata indi ntera i Goma.

You might also like

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hatangijwe ubukangurambaga bwo gusaba ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO ziva muri iki gihugu. Ni mu gihe zari ziheruka kongererwa manda y’amezi 12 yo kuba mu Ntara ya Kivu Yaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amashirahamwe atandukanye akorera muri Kivu y’Amajyaruguru ni yo avugwa ku isonga yatangiye gusaba ko MONUSCO ibavira mu gihugu cyabo; ayishinja kudakora akazi yagombaga gukora ku butaka bw’iki gihugu.

Manda ya MONUSCO yari kurangira ku itariki ya 30/12/2024, yongerwa undi mwaka umwe. Iki cyemezo kikaba cyarafashwe n’akanama ka LONI gashinzwe umutekano ku Isi ku wa Gatanu tariki ya 20/12/2024.

Mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka, perezida Félix Tshisekedi yari yatangaje ko iz’i ngabo za MONUSCO zigomba kuva muri iki gihugu vuba na bwangu; icyo gihe minisitiri witumanaho akaba ari n’umuvugizi wa leta ya Kinshasa, Patrick Muyaya yasobanuye ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye zitashoboye kubungabunga amahoro mu bice byo mu Burasirazuba bwa RDC, nk’uko byari mu masezerano yasinywe mbere y’uko izo ngabo ziza muri RDC.

Ubu rero kandi mu mujyi wa Goma, imiryango itegamiye kuri Leta yatangije gukangurira abantu kwamagana iz’i ngabo za MONUSCO zigataha, bara bakangurira kwanga iriya manda bongerewe, bavuga ko imyaka 25 irengaho izi ngabo ziri muri RDC nta nakimwe zahinduye, bityo zigomba kubavira mu gihugu.

Ubu bukangurambaga kandi bugamije guhamagarira Leta ya Kinshasa kwisubiraho, igakuraho umukono yaba yarasinye kugira ngo manda y’izo ngabo yongerwe. Bamwe mu bagize ayo mashirahamwe yo mu ntara ya Kivu Yaruguru bavuga ko ku itariki ya 30/12/2024, umusirikare wa nyuma wa MONUSCO azaba yakuye ibirenge bye ku butaka bw’iki gihugu.

Abandi bo muri ayo mashirahamwe bavuga ko batunguwe no kubona leta ya Kinshasa na yo yemera ko manda y’izi ngabo yongerwa, kandi ari yo yategetse ko zitaha.

Kimweho umuvugizi w’ingabo z’u muryango w’Abibumbye muri Kivu Yaruguru, Omar Abou yabwiye itangaza makuru ko ntacyo yasubiza abasaba ko bava muri RDC manda yabo itararangira.

Yongeraho kandi ko igihe leta ya Kinshasa izategekera ko ingabo za MONUSCO zibavira mu gihugu, zizahita zibyubahiriza ako kanya. Ndetse ashimangira ko ikibarangaje imbere ari ukurindira abasivile umutwe bo muri Kivu Yaruguru mu Burasirazuba bwa RDC no gufasha FARDC guhasha imitwe yitwaje intwaro.

Mu mwaka ushize no mu mwaka w’ 2022, mu Ntara ya Kivu Yaruguru habaye imyigaragambyo yo kurwego rwo hejuru yasabaga ko MONUSCO yava muri RDC ngo kuko zitashoboye gukora inshingano zayo, ni nacyo gihe ubuzima bw’abasivile barenga amagana babubuze. Ariko kandi mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo nta musirikare wa MONUSCO ukihabarizwa mu gihe ho nta myigaragambyo ikaze yo kuyamagana yahabereye.

Tags: GomaMonusco
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage? Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), igihugu gifite igice kinini cya kobaliti ikoreshwa ku rwego rw’isi yose,...

Read moreDetails

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix...

Read moreDetails
Next Post
Mu marembo y’umujyi wa Goma haravugwa imirwano ikanganye.

Mu marembo y'umujyi wa Goma haravugwa imirwano ikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?