Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara uwo leta y’u Burundi ishinja gutera ibisasu i Bujumbura wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni bikubiye mu itangazo Red Tabara yaraye ishize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024.

Iri tangazo Red Tabara iri sohoye nyuma y’uko leta y’u Burundi binyuze ku muvugizi w’igipolisi Pierre Nkurikiye ashinje uwo mutwe kuba ariwo wateye ibisasu i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Uyu muvugizi yanavuze ko iryo terwa ry’ibisasu ryasize rikomerekeyemo abantu bagera kuri 38 ariko ko 5 aribo bakomeretse cyane. Ibi bisasu byatewe mu bice bitandukanye byo mu Mujyi wa Bujumbura, ahagana isaha za saa moya zo ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10/05/2024.

Mu itangazo rya shizwe hanze n’ubuyobozi bw’u mutwe wa Red Tabara, rikaba riteweho umukono n’umuvugizi wayo, Patrick Nahimana, rihakana ry’ivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iwushinja.

Rigira riti: “Red Tabara irahakana yivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iyishinja kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu. Nta munsi n’umwe umutwe wa Red Tabara uzigera ubangamira inzira karengane z’abasivile.”

Rikomeza rigira riti: “Ubutegetsi bw’u Burundi bwari bukwiye kwitaho ibibazo bikomeye bibangamiye iki gihugu, aho kwitoza gusamaza abantu, bavuga ko bagiye gukora iperereza kandi bazi neza ko aribo bakoze ibibi. Red Tabara yihanganishije imiryango yagizweho ingaruka zibyo bitero.”

Ibyo bivuzwe na Red Tabara mu gihe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi bakomeje kugaragaza ko ibitero bya grenade byagabwe i Bujumbura ari inkinamicyo leta y’icyo gihugu irimo gukina, aho ngobaba bashaka kurangaza ibihugu by’amahanga.

Ni mu gihe iki gihugu cy’u Burundi kirimo ubukene bwinshi ku rwego rutigeze rubaho n’ikindi gihe, harimo ko gikenye lisansi (igitoro); ikindi n’uko amagambo akunze gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye nayo abangamiye benshi muri iki gihugu, ndetse ko hari nabatishimiye ifungwa rya Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe. Bakaba bifuza kotsa igitutu ubutegetsi bw’iki gihugu.

Hagati aho, si Red Tabara yonyine iki gihugu cy’u Burundi gishinja gutera ibisasu i Bujumbura, kuko kivuga ko Red Tabara itera ibyo bisasu yabanje gutozwa na leta y’u Rwanda, n’ubwo ntacyo u Rwanda rurabivugaho.

           MCN.
Tags: AtangazaIbyo perezida Evariste NdayishimiyeUmutekano w'u BurundiUragerwa ku mashuri
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Intambara yongeye kubura kuri iki Cyumweru, hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Intambara yongeye kubura kuri iki Cyumweru, hagati ya M23 n'ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?