• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara uwo leta y’u Burundi ishinja gutera ibisasu i Bujumbura wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Ni bikubiye mu itangazo Red Tabara yaraye ishize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024.

Iri tangazo Red Tabara iri sohoye nyuma y’uko leta y’u Burundi binyuze ku muvugizi w’igipolisi Pierre Nkurikiye ashinje uwo mutwe kuba ariwo wateye ibisasu i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Uyu muvugizi yanavuze ko iryo terwa ry’ibisasu ryasize rikomerekeyemo abantu bagera kuri 38 ariko ko 5 aribo bakomeretse cyane. Ibi bisasu byatewe mu bice bitandukanye byo mu Mujyi wa Bujumbura, ahagana isaha za saa moya zo ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 10/05/2024.

Mu itangazo rya shizwe hanze n’ubuyobozi bw’u mutwe wa Red Tabara, rikaba riteweho umukono n’umuvugizi wayo, Patrick Nahimana, rihakana ry’ivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iwushinja.

Rigira riti: “Red Tabara irahakana yivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iyishinja kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu. Nta munsi n’umwe umutwe wa Red Tabara uzigera ubangamira inzira karengane z’abasivile.”

Rikomeza rigira riti: “Ubutegetsi bw’u Burundi bwari bukwiye kwitaho ibibazo bikomeye bibangamiye iki gihugu, aho kwitoza gusamaza abantu, bavuga ko bagiye gukora iperereza kandi bazi neza ko aribo bakoze ibibi. Red Tabara yihanganishije imiryango yagizweho ingaruka zibyo bitero.”

Ibyo bivuzwe na Red Tabara mu gihe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi bakomeje kugaragaza ko ibitero bya grenade byagabwe i Bujumbura ari inkinamicyo leta y’icyo gihugu irimo gukina, aho ngobaba bashaka kurangaza ibihugu by’amahanga.

Ni mu gihe iki gihugu cy’u Burundi kirimo ubukene bwinshi ku rwego rutigeze rubaho n’ikindi gihe, harimo ko gikenye lisansi (igitoro); ikindi n’uko amagambo akunze gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye nayo abangamiye benshi muri iki gihugu, ndetse ko hari nabatishimiye ifungwa rya Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe. Bakaba bifuza kotsa igitutu ubutegetsi bw’iki gihugu.

Hagati aho, si Red Tabara yonyine iki gihugu cy’u Burundi gishinja gutera ibisasu i Bujumbura, kuko kivuga ko Red Tabara itera ibyo bisasu yabanje gutozwa na leta y’u Rwanda, n’ubwo ntacyo u Rwanda rurabivugaho.

           MCN.
Tags: AtangazaIbyo perezida Evariste NdayishimiyeUmutekano w'u BurundiUragerwa ku mashuri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Intambara yongeye kubura kuri iki Cyumweru, hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Intambara yongeye kubura kuri iki Cyumweru, hagati ya M23 n'ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?