Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

You might also like

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump nyuma y’aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro by’ingabo ze muri Qatar, yatangaje ko Iran na Israel byemeranyije guhagarika imirwano yose, mu bwumvikane yise “Ceasefire.”

Nibyo Trump yatangaje ku wa mbere tariki ya 23/06/2025, mu gihe intambara hagati ya Israel na Iran yarimaze iminsi icumi nibiri irmo kuba ubudasiba.

Yavuze ko amahoro agiye gushyirwa mu bikorwa mu byiciro, ngo kuko Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.

Ubwo yatangazaga ibi yanashimiye impande zombi ku bw’itonzi bwazo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasizuba bwo hagati.

Nyamara kugeza ubu ntacyo Israel na Iran birangira icyo bivuga ku byatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.
Kimweho bivugwa ko iki gikorwa ko cyamaze kugera ku rwego mpuzamahanga, kandi hari icyizere cy’uko ibiganiro by’amahoro birambye bishobora guhita bitangira.

Ubundi kandi bwana Trump watangaje ibi yanashimangiye ko ari intambwe ikomeye y’amasezerano y’amateka ashobora gutuma akarere kava mu mwuka w’intambara kabayemo igihe kirekire.

Mu gihe ibi byoramuka bigeze ku ntego nyayo, icyo gihe byo tuma habaho kutongera guhungabana kwa karere kubijyanye n’ibikomoka kuri peteroli. Ibi binatanga icyizere cy’uko ibintu bishobora gusubira mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zizubahiriza ibyemerenyijweho.

Ibyo bibaye mu gihe Iran yari yagabye igitero gikaze ku birindiro by’ingabo za Amerika biri Al Udeid muri Qatar, gusa Qatar yatangaje ko ntanakimwe byangije, ngo kuko sisitemu y’ubwirinzi bw’ikirere cya Qatar yatsinze. Bikaba biri mubyatumye Iran isaba Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibiganiro hagati yayo na Israel.

Tags: amahoroAmasezeranoIranIsraelTrumpYatangaje
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta. Iran ibitero yagabye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk'uko amakuru ava muri...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by'ingabo z'Amerika. Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika biherereye muri Qatar n'ibiri muri Iraq....

Read moreDetails

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi. Perezida w'u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n'u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa. Ni amagambo yatangaje ubwo...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?