• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

You might also like

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump nyuma y’aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro by’ingabo ze muri Qatar, yatangaje ko Iran na Israel byemeranyije guhagarika imirwano yose, mu bwumvikane yise “Ceasefire.”

Nibyo Trump yatangaje ku wa mbere tariki ya 23/06/2025, mu gihe intambara hagati ya Israel na Iran yarimaze iminsi icumi nibiri irmo kuba ubudasiba.

Yavuze ko amahoro agiye gushyirwa mu bikorwa mu byiciro, ngo kuko Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.

Ubwo yatangazaga ibi yanashimiye impande zombi ku bw’itonzi bwazo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasizuba bwo hagati.

Nyamara kugeza ubu ntacyo Israel na Iran birangira icyo bivuga ku byatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.
Kimweho bivugwa ko iki gikorwa ko cyamaze kugera ku rwego mpuzamahanga, kandi hari icyizere cy’uko ibiganiro by’amahoro birambye bishobora guhita bitangira.

Ubundi kandi bwana Trump watangaje ibi yanashimangiye ko ari intambwe ikomeye y’amasezerano y’amateka ashobora gutuma akarere kava mu mwuka w’intambara kabayemo igihe kirekire.

Mu gihe ibi byoramuka bigeze ku ntego nyayo, icyo gihe byo tuma habaho kutongera guhungabana kwa karere kubijyanye n’ibikomoka kuri peteroli. Ibi binatanga icyizere cy’uko ibintu bishobora gusubira mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zizubahiriza ibyemerenyijweho.

Ibyo bibaye mu gihe Iran yari yagabye igitero gikaze ku birindiro by’ingabo za Amerika biri Al Udeid muri Qatar, gusa Qatar yatangaje ko ntanakimwe byangije, ngo kuko sisitemu y’ubwirinzi bw’ikirere cya Qatar yatsinze. Bikaba biri mubyatumye Iran isaba Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibiganiro hagati yayo na Israel.

Tags: amahoroAmasezeranoIranIsraelTrumpYatangaje
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?