• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in World News
0
Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yagize icyo itangaza kubyo Amerika yatangaje byo guhagarika intambara.

You might also like

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

Nyuma y’aho Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, atangaje amahoro hagati ya Israel na Iran, iki gihugu cya Iran cyavuze ko kibyemera mu gihe Israel itongera kuyirasaho.

Byatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran, Abbas Araghchi, mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025.

Abbas, akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati: “Israel niba iretse kutugabaho ibitero, natwe tuzabihagarika nta yandi mananiza.”

Uyu minisitiri w’ubanye n’amaganga wa Iran yatangaje ibi nyuma y’aho Perezida Donald Trump yaramaze amasaha abarirwa ku ntoki atangaje ko amahoro agiye gushyirwa mu byiciro, aho yasobanuye ko “Iran izahagarika ibikorwa bya gisirikare mbere, hanyuma Israel ikabikurikira nyuma y’amasaha 12.”

Yanashimiye impande zombi kubw’ubwitonzi bwabo, avuga ko aya ari amahirwe mashya ku karere ko mu Burasirazuba bwo hagati.

Ibi ntacyo Israel iragira icyo ibivugaho, ariko amahoro aramutse ashyizwe mu bikorwa nk’uko Trump yabitangaje ihungabana mu karere ndetse n’ingaruka ku bukungu ku isi, by’umwihariko kubijyanye n’ibikomoka Kuri petelori. Bitanga icyizere ko ibintu byahita bija mu buryo, nubwo hakiri impungenge ku kuba impande zombi zubahiriza ibyo bemeranyujeho.

Nyamara amakuru amwe avuga ko abategetsi ba Iran nta nama bagishijwe uretse kobivugwa ko Qatar yabaye umuhuza isaba ko iyi ntambara ihagarara. Binavugwa ko Ayatollah Ali umuyobozi w’ikirenga wa Iran we, yakunze gutangaza ko igihe cyose Israel izaba iri kuyirasaho nta biganiro by’amahoro bizabaho, ndetse akagaragaza ko nta mpamvu abona zatuma haba guhagarika intambara. Ni mu gihe Trump yakomezaga guhatira Iran gusaba ibiganiro ikemera ubutsindwe.

Ariko ku rundi ruhande ibihugu byombi biratekanye, uretse ibitero Iran yagabye i Beershab mbere yuko Trump atangaza amahoro. Ibi bitero amakuru akomeza avuga ko byaguyemo abantu bane. Ariko kandi Iran na yo yabikoze nyuma y’aho Israel iteye ibisasu biremereye i Teheran bikangiza byinshi birimo ko byasize bihitanye abantu benshi abandi bagakomereka.

Tags: Guhagarika intambaraIranIsrael
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe X, yahoze yitwa Twitter, yahinduye bikomeye uburyo yishyuramo abakora ibikubiye ku rubuga. Gahunda yo kugabana amafaranga n’abakoresha igiye kuvaho,...

Read moreDetails

Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga

Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje ubusabe bwa Guverinoma bwo kohereza...

Read moreDetails

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Uganda’s national carrier, Uganda Airlines, has announced that it will...

Read moreDetails

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n'Inyungu Zitegerejwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byayo no kongera amahirwe y'ingendo zo mu...

Read moreDetails

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi  Barakomereka

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka Igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya kuri Ukraine hakoreshejwe misile za ballistique n’indege...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Kivu y'Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?