• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2025
in World News
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo.

Ni mu ntambara imaze iminsi irenga 15 ihanganishije Israel na Iran, aho yatangiye mu mpera z’uku kwezi turimo kwa gatandatu umwaka wa 2025.

Amakuru avuga ko Iran yayiteyemo misile ballestic zigera kuri 400, inayoherezamo drones nyinshi ku buryo nibura misile zigera kuri 35 zabashije kwika hasi k’ubutaka bwa Israel, zinashwanyaguza ibikorwa remezo byayo.

Si ibikorwa remezo byonyine byangijwe, kuko kandi zatwaye n’ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byagiye bitangazwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu cya Israel.

Amashusho atandukanye yagiye ashyirwa hanze yagaragazaga ubukana bw’ibisasu Iran yateye muri Israel n’ukuntu byahinduye icyo gihugu umuyonga.

Ni ibisasu ayo mashusho yerekana ko byahiduye igihugu ivu bigasiga bishyize hasi ibikorwaremezo bitandukanye. Ubibonye wese ntiwabura kuvuga ko akaga iki gihugu cyahuye nako ariko karemereye mu mateka yacyo.

Hejuru y’ibyo, muri iki cyumweru kandi Iran yarashe ibisasu biremereye byibasiriye ikigo cya gisirikare cya Al-Udeid air base- ikigo cy’ingabo za Amerika giherereye muri Qatar.

Bivugwa ko iki kigo kibamo abasirikare bagera ku 10,000. Usibye ko mbere y’uko iki gitero kiba, abenshi bari bamaze kwimurwa, hasigara gusa abasirikare 44 bafite hagati y’imyaka 21 na 28, nk’uko amakuru akomeza avuga.

Abo basirikare ni bo bari bafite inshingano yo kurinda iki kigo.

Aba rero bakoze amateka mu kurasa igitero kinini cyane cyabayeho cyifashishije ibikoresho bya patriot misile defense, bakoresheje na sisitemu za Qatar. Nubwo bari bafite amasegonda make yo gufata icyemezo, barashe ibisasu bya Iran byari byegereje kandi bashoboye kubyangiza bitaragera ku butaka.

Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika, burimo General Dan Caine, bwavuze ko abo basirikare bakoze akazi kindashyikirwa, bashobora guhangana n’igitero gikomeye kandi ngo nta n’umwe wahasize ubuzima muri bo.

Gusa, Iran yo yatangaje intsinzi kuri iki gitero, ndetse kandi yemeza ko yihoreye, nubwo ntabidasanzwe byangiritse.

Ubundi kandi nubwo Israel ahantu henshi ibisasu bya Iran byahahinduye ivu, ariko muri Iran ho ibisasu bya Israel byahahinduye “umwirare,” ari nabyo tuzagarukaho mu nkuru y’ubutaha.

Tags: IbiteroIranIsraelIvu
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?