• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2025
in World News
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo.

Ni mu ntambara imaze iminsi irenga 15 ihanganishije Israel na Iran, aho yatangiye mu mpera z’uku kwezi turimo kwa gatandatu umwaka wa 2025.

Amakuru avuga ko Iran yayiteyemo misile ballestic zigera kuri 400, inayoherezamo drones nyinshi ku buryo nibura misile zigera kuri 35 zabashije kwika hasi k’ubutaka bwa Israel, zinashwanyaguza ibikorwa remezo byayo.

Si ibikorwa remezo byonyine byangijwe, kuko kandi zatwaye n’ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byagiye bitangazwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu cya Israel.

Amashusho atandukanye yagiye ashyirwa hanze yagaragazaga ubukana bw’ibisasu Iran yateye muri Israel n’ukuntu byahinduye icyo gihugu umuyonga.

Ni ibisasu ayo mashusho yerekana ko byahiduye igihugu ivu bigasiga bishyize hasi ibikorwaremezo bitandukanye. Ubibonye wese ntiwabura kuvuga ko akaga iki gihugu cyahuye nako ariko karemereye mu mateka yacyo.

Hejuru y’ibyo, muri iki cyumweru kandi Iran yarashe ibisasu biremereye byibasiriye ikigo cya gisirikare cya Al-Udeid air base- ikigo cy’ingabo za Amerika giherereye muri Qatar.

Bivugwa ko iki kigo kibamo abasirikare bagera ku 10,000. Usibye ko mbere y’uko iki gitero kiba, abenshi bari bamaze kwimurwa, hasigara gusa abasirikare 44 bafite hagati y’imyaka 21 na 28, nk’uko amakuru akomeza avuga.

Abo basirikare ni bo bari bafite inshingano yo kurinda iki kigo.

Aba rero bakoze amateka mu kurasa igitero kinini cyane cyabayeho cyifashishije ibikoresho bya patriot misile defense, bakoresheje na sisitemu za Qatar. Nubwo bari bafite amasegonda make yo gufata icyemezo, barashe ibisasu bya Iran byari byegereje kandi bashoboye kubyangiza bitaragera ku butaka.

Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika, burimo General Dan Caine, bwavuze ko abo basirikare bakoze akazi kindashyikirwa, bashobora guhangana n’igitero gikomeye kandi ngo nta n’umwe wahasize ubuzima muri bo.

Gusa, Iran yo yatangaje intsinzi kuri iki gitero, ndetse kandi yemeza ko yihoreye, nubwo ntabidasanzwe byangiritse.

Ubundi kandi nubwo Israel ahantu henshi ibisasu bya Iran byahahinduye ivu, ariko muri Iran ho ibisasu bya Israel byahahinduye “umwirare,” ari nabyo tuzagarukaho mu nkuru y’ubutaha.

Tags: IbiteroIranIsraelIvu
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?