• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2025
in World News
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo.

Ni mu ntambara imaze iminsi irenga 15 ihanganishije Israel na Iran, aho yatangiye mu mpera z’uku kwezi turimo kwa gatandatu umwaka wa 2025.

Amakuru avuga ko Iran yayiteyemo misile ballestic zigera kuri 400, inayoherezamo drones nyinshi ku buryo nibura misile zigera kuri 35 zabashije kwika hasi k’ubutaka bwa Israel, zinashwanyaguza ibikorwa remezo byayo.

Si ibikorwa remezo byonyine byangijwe, kuko kandi zatwaye n’ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byagiye bitangazwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu cya Israel.

Amashusho atandukanye yagiye ashyirwa hanze yagaragazaga ubukana bw’ibisasu Iran yateye muri Israel n’ukuntu byahinduye icyo gihugu umuyonga.

Ni ibisasu ayo mashusho yerekana ko byahiduye igihugu ivu bigasiga bishyize hasi ibikorwaremezo bitandukanye. Ubibonye wese ntiwabura kuvuga ko akaga iki gihugu cyahuye nako ariko karemereye mu mateka yacyo.

Hejuru y’ibyo, muri iki cyumweru kandi Iran yarashe ibisasu biremereye byibasiriye ikigo cya gisirikare cya Al-Udeid air base- ikigo cy’ingabo za Amerika giherereye muri Qatar.

Bivugwa ko iki kigo kibamo abasirikare bagera ku 10,000. Usibye ko mbere y’uko iki gitero kiba, abenshi bari bamaze kwimurwa, hasigara gusa abasirikare 44 bafite hagati y’imyaka 21 na 28, nk’uko amakuru akomeza avuga.

Abo basirikare ni bo bari bafite inshingano yo kurinda iki kigo.

Aba rero bakoze amateka mu kurasa igitero kinini cyane cyabayeho cyifashishije ibikoresho bya patriot misile defense, bakoresheje na sisitemu za Qatar. Nubwo bari bafite amasegonda make yo gufata icyemezo, barashe ibisasu bya Iran byari byegereje kandi bashoboye kubyangiza bitaragera ku butaka.

Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika, burimo General Dan Caine, bwavuze ko abo basirikare bakoze akazi kindashyikirwa, bashobora guhangana n’igitero gikomeye kandi ngo nta n’umwe wahasize ubuzima muri bo.

Gusa, Iran yo yatangaje intsinzi kuri iki gitero, ndetse kandi yemeza ko yihoreye, nubwo ntabidasanzwe byangiritse.

Ubundi kandi nubwo Israel ahantu henshi ibisasu bya Iran byahahinduye ivu, ariko muri Iran ho ibisasu bya Israel byahahinduye “umwirare,” ari nabyo tuzagarukaho mu nkuru y’ubutaha.

Tags: IbiteroIranIsraelIvu
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?